Umugeni yafashwe n’indwara y’umutima apfa amarabira mu bukwe, ako kanya umukwe ahita yambikana impeta na murumuna we

Mu gihugu cy’u Buhinde ahitwa Uttar Pradesh habaye ibirori bivanze n’ibyago ubwo mu gihe ubukwe bw’umugabo witwa Mangesh Kumar n’uwo yari yarahisemo ko barushingana, Surabhi, bwari burimbanyije umugeni yafashwe n’indwara y’umutima agapfa amarabira.

Imiryango y’abo bageni yahise itumizaho muganga maze yemeza ko umugeni yashizemo umwuka, iyo miryango ihita yemeranywa ko uwo mukwe yahita yishumbusha Nish, murumuna w’umugeni.

Times of India yatangaje ko ibi byabaye mu cyumweru gishize ku wa 27 Gicurasi mu mihango y’ubukwe bw’Abahindu yaberaga Uttar Pradesh.

Mu Buhinde, ibijyanye n’urushako ku bana biracyagirwamo uruhare n’ababyeyi ku kigero cya 90 % ku buryo no muri ubu bukwe buvugwa muri iyi nkuru amahitamo y’ababyeyi yabayeho vuba bakemeza ko umukwe yahita ashyingiranwa na murumuna w’umugeni wari umaze gupfa.

Radha Patel washinze urubuga rwa Single to Shaadi rukora ibyo gushakira abantu abakunzi bashobora kurushingana, yavuze ko mu Buhinde iby’ababyeyi bahitiramo abana bihaba ku rugero rwo hejuru.

Yakomoje ku kuba nyina umubyara yarigeze kwisanga mu ihurizo nk’iryo ubwo nyirasenge yapfaga arimo kubyara maze hagahita havuka igitekerezo ko nyina yahita ashyingiranwa n’uwari muramu we.

Patel yagize ati: “Imiryango myinshi y’inshuti iba ishaka kuguma hamwe mu by’urushako kandi ni ibintu bisanzwe ku miryango”.

Akomeza avuga ko icyo gihe nyina yari atarashyingirwa kandi yari akiri muto maze ntashime icyo gitekerezo cyari kivutse cyo kurongorwa na muramu we bikarangira ababyeyi bamwumvise ntibamushyingire ku gahato.

Muri ubu bukwe bwaberaga Uttar Pradesh, imiryango yanzuye ko umuhango w’ubukwe wakomeza maze umurambo w’umugeni wari umaze gupfa ukaba uryamishijwe mu kindi cyumba kiri aho ubukwe bwaberaga.

Abo mu muryango w’uyu mugeni bavuga ko batabona uko basobanura iby’urwo ruvange rw’ibyago n’ibirori.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *