Umugore uri mu rukundo na Pasiteri Bugingo yavuze ko Abagore benshi banga ko abagabo babakubita inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro

Umugore uri mu rukundo na Pasiteri Aloysius Bugingo wo muri Uganda, Susan Makula Nantaba, avuga ko abagore benshi banga abagabo babakubita inshyi ku mabuno igihe bari mu gikorwa cyo gutera akabariro.

Umunyamakuru akaba n’umwe mu bakunze kuvuga ku bibazo by’abashakanye mu buriri, Susan Makula Nantaba avuga ko we iyo Pasiteri Bugingo amukoreye ibyavuzwe haruguru, bituma atakaza ubushake bw’igikorwa nyir’izina.

Mu gihe bamwe mu bagore bakunze izo nshyi kuko zibafasha, uyu mugore we yavuze ko ari ibyo kwamaganwa.

Mu kiganiro cyitwa The Junction kuri imwe muri televiziyo zo muri Uganda, Makula yagize ati: “Abantu b’abagabo mukubita abagore inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro, birababaje”.

“Ariko se na we umuntu arahuze ari mu gikorwa nyir’izina, ndaryohewe noneho ukajyaho ugakubita! Ukwiriye kumbwira ko unkunze ahubwo nanjye nkabyumva”.

“Abagabo rero murekere aho kuko bituma tutaryoherwa”.

Uyu mugore byavuzwe ko yibye umugabo w’abandi Bugingo, yavuze ngo ”Nta kuntu naryoherwa mu gihe urimo kunkubita”.

Susan Makula Nantaba ari mu rukundo na Pasiteri Aloysius Bugingo nyuma yo kumwiba Mama Pasiteri Teddy. Ni ingingo yatumye benshi bamutunga intoki.

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

https://youtu.be/VFx7RbXdB8E

https://youtu.be/Z_kyu7POWBM

https://youtu.be/XBfVYIw3c6k

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *