Umugore yakozwe n’isoni ubwo yisangaga kuri instagram live yambaye uko yavutse ari kwiyuhagira

Umubyeyi yakozwe n’isoni n’ikimwaro ubwo yabonaga ari kuri instagram live yambaye ubusa,arimo kwiyuhagira.

Ushobora kwibaza uti byari byagenze bite?

Uyu munyamerikakazi witwa Brianna yatangaje ko hari mu gitondo ubwo yajyaga mu bwogero nk’ibisanzwe, maze asigira umukobwa we terefone ngo akine umukino akunda gukina mbere yo kujya ku ishuri.

Yakomeje avuga ko ishyano ryaguye ubwo umwana we yamukomangiraga, akiri mu bwogero, nawe akamufungurira agirango ahari ni ubufasha akeneye bujyanye n’uwo mukino kuko yibwiraga ko  yakomeje gukina, nk’ibisanzwe.

Ati:”sinari namenye ko umwana aho gukina umukino nk’ibisanzwe, yahise yigira kuri Instagram”.

Umwana yarikoreye nyina ubwo yinjiraga mu bwogero Terefone irimo gufata amashusho, maze igafata n’amashusho ya nyina yambaye ubusa.

Ubwo yahaga nyina terefone, ntiyigeze amenya ko irimo kumufata amashusho kandi ari no guhita yoherezwa live kuri Instagram ye.

Yaje kwisanga arimo kwakira ubutumwa kuri Instagram buvuga ku mashusho, yahise areba ku Instagram, asanga amashusho ye yamaze kubonwa n’abatari bake mu gihe we atigeze amenya uko byari birimo kugenda ubwo ayo mashusho yafatwaga.

Uyu Brianna uzwi cyane ku rubuga rwa TikTok, yatangaje ko ubu afite isoni n’ikimwaro ku bw’iryo bara ryakozwe n’umukobwa we, ariko we avuga ko yishinja ikosa ry’uburangare nk’umubyeyi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *