Umuhanzikazi Esther ashaka umugabo cyangwa Umusore umutera inda byihuse agahita yigendera nta yandi mananiza.

Umuhanzikazi akaba n’umushabitsi Esther Akothee, avuga ko atagishoboye kwihanganira gutegereza igihe azabasha kubyara umwana we wa gatandatu, akaba yabajije abagabo n’abasore bose babyifuza niba hari ushobora kumutera inda.

Mu butumwa yanyujije kuri Instagram ye, Akothee ntabwo yashoboye guhisha icyifuzo cye cyo kubyara undi mwana wa gatandatu, akomeza abaza niba hari umusore cyangwa umugabo witeguye kumutera inda.

Madamu Boss nkuko basanzwe bamwita, yasangije abamukurikira ifoto y’umuntu uri konsa umwana we, anagaragaza ibyiyumviro bye avuga ko ashaka gutwita ako kanya.

Umuhanzikazi Akothee yanditse agira ati: “Ndashaka gusama aka kanya,… Nkumbuye ibi byiyunviro”.

Ariko, Madamu Boss nubwo yifuza umugabo cyangwa umusore umutera inda, afite icyifuzo kimwe gusa ku mugabo waramuka afite ubushake bwo kumutera inda, ashaka ko yabimukorera akigendera nta yandi mananiza.

Yagize ati: “Mbabarira rwose, nuramuka uyinteye, ntidushobora gukomezanya kuko sinshaka guhangayika”.

Ibi byatumye Abagabo n’abasore benshi bakimara kubona icyo gitekerezo batangira kohereza ibyifuzo byabo bagaragaza ko biteguye kumutera inda, bamwe banagaragaza ko bakunda uyu muririmbyi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

https://youtu.be/wB8OZhhjjiE

https://youtu.be/VFx7RbXdB8E

https://youtu.be/Z_kyu7POWBM

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *