Umukobwa urangije amashuri yisumbuye yahishuye uburyo Se yamusambanyaga imbere ya nyina

Umukobwa uzwi ku azina ya Usman Fatima ubana na nyina na papa we muri Leta ya Ondo muri Nigeria akaba arangije amashuri yisumbuye, yavuze uburyo se yakundaga kumuhatira kuryamana na we imyaka myinshi nyina atabizi.

Usman Fatima yashimangiye ko se uzwi ku izina rya Usman Sani Momoh yamuteye ubwoba ko azamwica naramuka abimenyesheje nyina cyangwa undi muntu uwo ari we wese.

Usman Fatima avuga ibyamubayeho, yagize ati:

“Igihe cyose mama yabaga asinziriye mu gicuku, yarazaga akankangura akanjyana mu gikoni kugira ngo dutere akabariro”.

“Byageze aho niyemezaga ko ntagomba kongera kumwemerera gutera akabariro nawe, ariko yanyoherezaga hanze y’urugo mu ijoro, naryamye hanze inshuro nyinshi ku buryo mama atamenyaga niba naraye mu rugo cyangwa ntatashye”.

“Ntabwo yamenyaga ibyanjye, nto n’ubwo yanansuzumaga mu cyumba cyanjye keretse mu gitondo ubwo twabonanaga”.

“Mama yabaga yaryamye yasinziriye cyane, natekerezaga rimwe na rimwe wenda ko papa yakundaga kumuha ibiyobyabwenge bimusinziriza”.

“Iyo namubwiraga ko ngiye kubwira mama ibyo ankorera, yankangishaga kuntera icyuma kugeza mpfuye nindamuka ntinyutse kubibwira umuntu uwo ariwe wese. Yafataga icyuma akantera ubwoba”.

“Nagerageje inshuro nyinshi kubwira mama ariko ntiyanyumva kuko atizeraga ibyo mvuga”.

“Umunsi umwe yaashatse kubikorera murumuna wanjye Usman Jemila, ni bwo nahunze urugo noneho mbona kubibwira abantu”.

“Bimaze kujya hanze, mama w’uyu mukobwa nawe yagize icyo avuga kuri ibi, ati: “Natangajwe cyane no kumva iby’ibi bintu kuko ukuntu umugabo wanjye yakoraga icyaha nk’iki kandi sinshobore kubimenya numva ari amayobera kuri njye”.

Se mu ibazwa yavuze agira ati: “Ntabwo nari mfite ubwenge igihe nabaga nateraga akabariro hamwe na Fatima, byari amaboko ya satani”.

Kanda Hano ubashe kureba Video , ahoUsman Fatima avuga ukuntu Se yamusambanyaga

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

https://youtu.be/wB8OZhhjjiE

https://youtu.be/VFx7RbXdB8E

https://youtu.be/Z_kyu7POWBM

https://youtu.be/XBfVYIw3c6k

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *