Umuririmbyi ukomeye cyane w’indirimbo zihimbaza Imana yakoze ubukwe bw’agatangaza n’umugore w’imyaka 51

Peter Omwaka uzwi nka Guardian Angel uri mu baririmbyi b’indirimbo zihimbaza Imana bakomeye muri Kenya, yarushinze n’umugore witwa Esther Musila w’imyaka 51 nawe usanzwe ari umuhanzi.

Aba bombi barushinze mu ntangiriro z’uku kwezi, gusa amafoto y’ubukwe bwabo yagiye hanze ku wa Kabiri tariki 11 Mutarama 2022.

Muri Gicurasi umwaka ushize, uyu muhanzi yari yatunguye umukunzi we ubwo yizihizaga isabukuru y’imyaka 51 amaze ageze ku isi amwambika impeta amusaba ko yazamubera umugore.

Aba bombi bari bamaze igihe kingana n’umwaka n’amezi abiri bakundana. Bahujwe n’inshuti yabo bombi yitwa Maina Kageni.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram Guardian Angel yavuze ko yabeshye umukunzi we ko bagiye mu nama y’ibijyanye n’ubucuruzi.

Gusa bakigera aho bari bagiye bahise basanganirwa n’indabo nyinshi. Barangije gukatana umutsima wari uriho amazina y’uyu mugore , umusore yahise akubita amavi hasi asaba umukunzi we ko yazamubera umutima w’urugo.

Esther Musila yaratunguwe amara iminota ari kwisuganya no gutekereza ku bimubayeho mbere yo kwemera kwambara iyi mpeta. Hari hatumiwe inshuti nyinshi z’aba bombi.

Mbere Guardian Angel yari yanditse ku mbuga nkoranyambaga ashimagiza umukunzi we. Avuga ko yatumye yizera ko urukundo rw’ukuri rukiriho.

Amushimira guhindura ubuzima bwe mu gihe gito bamaranye, yemeza ko atewe ishema no kuba yarahisemo uyu mugore.

Esther Musila ni umubyeyi w’abana batatu barimo ufite imyaka 29, 26 n’undi ufite 22. Urukundo rwe na Guardian Angel rwavuzweho na benshi bitewe n’ikinyuranyo cy’imyaka 20 iri hagati yabo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *