Umuryango wa Miss Sénégal 2020 urashinja abategura irushanwa kumufata ku ngufu bakanamutera inda.

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye muri Sénégal no mu itangazamakuru havutse inkuru ziri guca ibintu biturutse ku ifatwa ku ngufu ry’Umukobwa witwa Ndèye Fatima Dione, wabaye nyampinga w’iki gihugu mu 2020, wafashwe ku ngufu n’umwe mu bategura iri rushanwa.

Inkuru y’uko Ndèye Fatima Dione yafashwe ku ngufu yatangajwe na nyina wavuze ko yasambanyijwe ku ngufu nyuma yo gutumirwa n’umwe mu bategura iri rushanwa iwe mu rugo.

Mu kiganiro uyu mubyeyi yagiranye n’Ikinyamakuru Dakarbuzz yagize ati “Ikintu kimwe tuzi ni uko Fatima yatewe inda nyuma yo kwambikwa ikamba. Ntabwo twifuza kugira uwo dutunga urutoki[…]”

“Igihe abategura iri rushanwa bamushakaga akenshi yajyaga muri hoteli akagumayo gusa mbere y’uko akorera urugendo muri Maroc yajyanywe mu rugo rw’umwe mu bategura irushanwa ku mpamvu tutamenye”.

“Nyuma twamenyeshejwe ko urugendo rwasubitswe kubera COVID-19”.

Umubyeyi we akomeza avuga ko uyu mukobwa nyuma yo gutumirwa mu rugo rw’uyu muntu uri mu bategura iri rushanwa, ariho yafatiwe ku ngufu. Ahavuye yahise atangira kubabara mu nda.

Ati: “Yatangiye kuvuga ko aribwa mu nda ndetse aza kurwara. Twamujyanye kwa muganga abaganga basanga atwite inda y’amezi ane”.

“Uyu mukobwa w’imyaka 20 icyo tuzi ni uko yasambanyijwe ku gahato. Mu bihe bitandukanye yashatse no kwiyahura”.

Perezida wa sosiyete itegura Miss Sénégal, Aminata Badiane, yabwiye uyu mukobwa ko yakwitabaza inkiko.

Ati: “Ikintu agomba gukora ni ukwiyambaza urukiko. Niba yarafashwe ku ngufu ni uko na we yabishakaga. Uriya mukobwa afite imyaka y’ubukure”.

Aya magambo yarakaje benshi mu banya- Sénégal bavuze ko bitari bikwiriye ko Aminata asubiza atya.

Yatumye kandi sosiyete CFAO Motors Sénégal, ikora ubucuruzi bw’imodoka yateraga inkunga iri rushanwa ibihagarika.

Si ibyo gusa kandi abantu benshi batangiye kugaragaza ko komite ya sosiyete itegura iri rushanwa ikwiriye kweguzwa vuba na bwangu kubera imikorere yayo itari myiza.

Kuri ubu abakoresha imbuga nkoranyambaga muri Sénégal banahise batangiza ubukangurambaga bwo gushakira ubutabera Miss Sénégal 2020 Ndèye Fatima Dione wafashwe ku ngufu bifashishije hashtag ya #JusticepourFatima.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *