Umugore yaciye igikuba nyuma yo kubyinisha ikibuno cye hejuru y’Umurambo wari mu isanduku ugiye gushyingurwa.

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amashusho y’umugore waciye ibintu ubwo bari mu kiriyo yasimbutse akikaraga hejuru y’umurambo wari mu isanduku ifunguye maze agatangira kubyinisha ikibuno abari aho bamukomera amashyi.

Byari umwanya utangaje w’ubusazi mu gihe abari mu kiriyo baririraga uwitabye imana bahisemo gukomeza kureba ibyo uyu mugore yakoreraga hejuru y’umurambo.

Ntihamenyekanye isano uyu mugore yari afitanye na nyakwigendera ariko benshi batangariye cyane uburyo yamubyiniragaho amushyiraho imyanya y’ibanga ye.

Abagabo bari bahagaze hafi y’isanduku bigaragara ko bishimiye uku kubyina k’uyu mugore.

Bishimiraga uyu mugore mu gihe umuziki wari urimo ukinwa, umugore nawe abyinisha ikibuno hejuru y’umurambo wari mu isanduku ifunguye..

Bisanzwe bimenyerewe ko gushyingura ni ahantu h’ikiriyo harangwa n’agahinda gusenga ndetse n’amarira menshi, ntabwo ari aho kubyinisha ikibuno.

Gusa ubwo uyu mugore yabyiniraga ku isanduku ifunguye irimo umurambo biutaramenyekana neza isano bafitanye, ibi byaje guhindura isura y’uyu muhango wo gushyingura benshi batangira guseka.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Reba videwo yaciye ibintu cyane cyane kuri twitter:

https://twitter.com/KabuteyMensah/status/1458507189493063682

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *