Umusore usanzwe agemura ibicuruzwa mu ngo z’abaturage yabuze uko yakwifata ananirwa kwihanganira ibigeragezo yahuye nabyo aho yari agiye gutanga ipaki y’ibicuruzwa yari agemuye nyuma yuko umugore yahasanze yahise amufungurira amaguru ye ashaka ko batera akabariro.
Nk’uko bigaragara kuri videwo igenda ikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, uyu musore agaragara akomanga ku rugi rw’umudamu ariko amaze kwinjira umudamu wari wafunguye amaguru ye amutegeka kwinjira mu cyumba n’ubwo umusore yabanje gutindiganya ashaka gusohoka aho vuba bwangu.
Amaze kwinjira mu cyumba, bigaragara ko yari yamaze kwiyambura imyenda kandi muri icyo gihe yafataga amashusho yose, aho umudamu yakoresheje amaguru kugira ngo yereke umusore ku buriri n’icyo ashaka.
Umusore yarabirwanyije avuga ko adashobora gusohoza icyifuzo cy’uwo mudamu.
Ntabwo dufite amakuru menshi niba umusore yarabashije kugwa mu mutego w’umudamu kuko video itigeze ifata uko uku guhura gutangaje kwarangiye, gusa iyi video irangira ubona ko umusore agiye kugwa muri uyu mutego.
Nyuma yuko umugore amukinguriye, amaguru mu kirere akorakora ku bugabo bw’umusore wari ugemuye ibicuruzwa umugore amusaba kwinjira mu cyumba, ko ntawe urabimenya.
Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Reba Video y’uyu wabuze uko yifata nyuma yuko umugore yari agemuriye ibicuruzwa amufunguriye amaguru ubwo amusaba ko batera akabariro yaciye ibintu kuri twitter.
How will you seduce dispatch rider… Na Wetin una dey do now??? pic.twitter.com/yPFMeQ4EJB
— Jèfé Juan José (@Jefe_says) October 30, 2021
https://youtu.be/tLZPcuI2yaE
https://youtu.be/wB8OZhhjjiE
https://youtu.be/VFx7RbXdB8E
https://youtu.be/Z_kyu7POWBM
https://youtu.be/XBfVYIw3c6k