Umuvugabutumwa Rev. Natasha yakoze ubukwe gakondo n’umukunzi we w’Umuhinde. Amafoto

Umuvugabutumwa wo mu murwa mukuru wa Kenya, Lucy Natasha n’umukunzi we w’Umuhinde, Stanley Carmel, bakoze ubukwe bwabo gakondo ku ya 29 Mutarama 2022.

Abatumiwe gusa nibo bitabiriye ubu bukwe bwabereye muri Evergreen Woodvale Drive House i Runda, muri Nairobi.

Hamwe n’abashyitsi babo bambaye imyenda ya kinyafurika, abo mu miryango ya Reverend Natasha na Prophet Carmel barateranye bahwiza urugwiro bashimangira urukundo abakunzi bombi basangiye.

Aba bombi ariko barateganya kuzasezeranira mu rusengero muri Canada nyuma nkuko byatangajwe na Nairobinews.

Mu gihe cy’umwaka bakundana, icyemezo cyo kubana cyaje nyuma y’amezi abiri Carmel, umuvugabutumwa w’Umuhinde abajije ikibazo mu rusengero rwo muri Boma Hotel i Nairobi.

Amakuru ya Nairobinews yari yerekanye uburyo aba bombi bahuriye ku mbuga nkoranyambaga.

Mu gihe berekanaga urukundo bakundana, aba bombi bahoraga bashimisha ba nyirabukwe mu mafoto meza yanditseho ibisobanuro by’urukundo.

Mu minsi ishize, uyu muvugabutumwa w’ikizungerezi wo muri Kenya yari yatangaje ko yifuza imihango itatu; umwe muri Kenya, undi mu gihugu cy’umukunzi we, n’undi mu gihugu Carmel atuyemo.

Rev. Lucy Natasha azwiho kuba ari umwe mu bavugabutumwa bakiri bato bo muri Afurika bakize, wavutse ku itariki 23 Nyakanga 1992.

yashinze itorero rya gikirisitu mpuzamahanga ryitwa Prophetic Latter Glory Ministries International.

Benshi bamufata kandi nk’umwe mu bashumba bafite imbaraga muri Afrika bo mu gihe cye, aho amaze kugaragara mu biterane by’ivugabutumwa mu bihugu nk’u Bwongereza, Qatar, Dubai, Afurika y’Epfo, Nigeria, Malawi ndetse no mu Rwanda yarahageze.

Ikinyamakuru Tuko cyo muri Kenya muri Kanama 2021 cyanditse ko benshi kubera ukuntu agaragara bamufashe nk’Umunyarwandakazi ariko ari ibihuha nawe yemeje ko ari Umunyakenyakazi w’Umugikuyu.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *