FARDC irivuga imyato nyuma yo kwambura inyeshyamba FDLR zirwanya Leta y’u Rwanda uduce zagenzuraga twose.

Ingabo za Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zirigamba intsinzi kuri FDLR nyuma yahoo ziyamburiye uduce twa Muliki, Gasovu na Mangina.

Ni imirwano yamaze icyumweru cyose aho ingabo za Leta FARDC zari zimaze icyumweru zihanganyemo na FDLR/FOCA.

Amakuru avuga ko ingabo za Leta zashakaga kwigarurira uduce twose FDLR iyobora turi muri Gurupoma ya Bwito, aritwo Muliki, Mangina na Gasovu. Utu duce tukaba dukungahaye ku biti bya Libuyu, Muvula n’imisave bivamo imbaho z’agaciro.

Ubusanzwe ako gace kakaba karimo n’ibirindiro bikomeye bya Jenerali Karume Nzabamwita usanzwe ari Umuyobozi w’ibikorwa bya gisilikare muri FDLR FOCA G3.

Ku ikubitiro, ingabo za FARDC zari zabanje kugota uyu muyobozi ukomeye muri FDLR/FOCA, ariko biza kugorana kuko hahise hitabwazwa umusada w’abandi barwanyi bo mu mutwe wa CRAP waje uyobowe na Lt. Col. Malius, abasha kugobotora Gen. Karume mu maboko ya FARDC.

Ubwo ikinyamakuru Rwandatribune ducyesha aya makuru yaganiraga n’umwe mu basilikare ba FARDC uri I Mangina wo ku rwego rwa ofisiye utakunze ko amazina ye atangazwa, yavuze ko kuri ubu bari kugenzura uduce twose FDLR yagenzuraga muri Gurupoma ya Bwito no mu nkengero zaho.

Yagize ati: “Twabatesheje ibikoresho bifashishaga mu mirimo y’ububaji harimo imashini zisatura imbaho zikanabaza, twabambuye amasambu menshi cyane arimo urumogi rwari rugeze mu gihe cy’isarurwa ndetse dufata n’abasilikare babo benshi, abandi bakaba bishwe”.

“Kuri ubu abaturage bacu bararyama bagasinzira kubera izi nyeshyamba z’abanyamahanga zari zarababujije amahoro”.

Uyu Musilikare yahamirije kiriya gitangazamakuru ko bafite intego yo gukomeza urugamba rwo kwirukana inyeshyamba za FDLR mu duce twose zagenzuraga. Muri utwo duce harimo Tongo, Binza n’ahandi.

Ibi bikaba biri mu mugambi wa Perezida Etienne Kisekedi Kilombo Umukuru wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo wo guhashya imitwe y’inyeshyamba yose ibarizwa muri iki gihugu.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *