Umwarimukazi yatamajwe n’amashusho ari gukora urukundo rwo mu mashuka n’umwana w’imyaka 13 yigisha nyuma y’iminsi micye aryamanye n’Umuzamu

Umwarimukazi w’umusimbura yatawe muri yombi nyuma yo kohereza amashusho bivugwa ko amwerekana ari gukorana imibonano mpuzabitsina idakingiye n’umunyeshuri utarageza ku myaka y’ubukure.

Ayanna Davis, ufite imyaka 20 y’amavuko, wari wasimbuye umwarimu w’icyongereza mu ishuri ryisumbuye rya Lakeland muri Floride, muri Amerika, yashyize kuri Snapchat amashusho ari gusambana n’umwana muto w’imyaka 13 wo mu mashuri yisumbuye.

Nyuma yo kumuhata ibibazo ku wa gatanu, abapolisi bashinjaga uyu mugore icyaha cyo gusambana n’umuzamu w’ikigo ndetse n’ibyaha byibasiye abanyeshuri bato.

Ikinyamakuru New York Post cyatangaje ko Davis yemeye ko yaryamanye n’uyu munyeshuri inshuro enye zitandukanye – kabiri iwe na kabiri iwabo w’uwo mwana w’umuhungu.

Gushidikanya byatangiye kwiyongera ubwo amashusho yatangiraga gukwirakwira aturutse mu ikipe y’ikigo y’umukino wa Football Americain, bituma hatangira iperereza.

Abayobozi b’ikigo bavuze ko Davis atari umukozi wabo, ahubwo yigishije mu ishuri ryisumbuye rya Lakeland nk’umwarimu usimbura ku masezerano na Kelly Education Services.

Abashinzwe uburezi bijeje ababyeyi ko uyu mwarimukazi yabujijwe kuzongera kwigisha mashuri yose yo muri ako karere.

Amakuru akaba avuga ko uyu mwarimu mbere yuko asambana n’uriya mwana yari yabanje gusambana n’umuzamu wo ku kigo yigishaho.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *