Amakuru mashya: Umunyamabanga mukuru w’umutwe wa RNC aragerwa amajanja.

Umunyamabanga mukuru w’umutwe wa RNC ufatwa na leta y’u Rwanda nk’umutwe w’iterabwoba, Gervais Condo, ntiyorohewe na bimwe mu bikomerezwa bya RNC by’umwihariko Kayumba Nyamwasa na muramu we Frank Ntwari.

Ni nyuma y’aho aba bagabo bombi baba bamaze iminsi bongorera bamwe mu banyamuryango ba RNC, bababwira ko Gervais Condo ashobora kuba ariwe wagambaniye Ben Rutabana waburiwe irengero guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2020.

Kuri ubu, amakuru ducyesha Rwandatribune avuga ko abayoboke ba Kayumba Nyamwasa  iyo  bahuriye mu tubari dutandukanye nta kindi kiganiro usibye kwibasira  Gervais Condo  bavuga ko batandukanye nawe nyuma y’aho babwiriwe  na Kayumba Nyamwasa  ko Gervais Condo, Umunyamabanga mukuru wa RNC  ariwe wagambaniye Ben Rutabana akaba yaraburiwe irengero.

Ku rundi ruhande ariko hari abandi batemeranya na Kayumba Nyamwasa n’abayoboke be bavuga ko ibi bizanywe na Kayumba byo kugereka urusyo kuri Gervais Condo ari amayeri yo kujijisha abanyamuryango ba RNC batagifitiye icyizere Kayumba Nyamwasa.

Ni mu rwego rwo kugerageza kumutagatifuza no kumuhanaguraho icyashya  kubera akaboko ke mu ibura rya Ben Rutabana, nk’uko byakunze kwemezwa n’abanyamuryango benshi ba RNC.

Bakomeza bavuga ko n’ubwo Kayumba akomeje icengezamatwara ryo kugereka ibura rya Ben Rutabana kuri Gervais Condo kugirango arebe ko yakongera kugarurirwa ikizere n’abayoboke.

Ngo birazwi neza ko Ben Rutabana ubwe yasize avuze abantu bafitanye ikibazo muri RNC, kwisonga hakaba hari Kayumba Nyamwasa.

N’ubwo Gervais Condo nawe yashyizwe mu majwi, ngo ntibyumvikana ukuntu umusaza nka Gervais Condo utazi ibya gisirikare yishyuzwa Rutabana w’umusirikare n’abantu b’abasirikare nka Kayumba Nyamwasa na Jean Paul Turayishimiye  mu gihe uyu we azi neza ko ibisobanuro Gervais Condo yatanze ku ibura rya Ben Rutabana yabivuze abitumwe na Kayumba Nyamwasa ndetse yanijejwe abeshywa ko Rutabana ari amahoro bavugana nawe buri munsi ko ibyo abantu bari kuvuga ko yaburiwe irengero ari amabwire y’abashaka gusenya RNC.

Ese Gervais Condo arazira iki?

Amakuru akomeza avuga ko muri RNC haba hari akanama gashinzwe kwirukanisha Gervais Condo ku mwanya w’umunyamabanga mukuru wa RNC cyangwa se akirukanwa no muri uwo mutwe burundu biturutse ku kuntu mu minsi ishize yifatanyije n’abahezanguni baharanira kwemeza ko habayeho jenoside yakorewe Abahutu bagamije gupfobya iyakorewe Abatutsi mugihe ngo muri RNC ibyo batabyemera.

Ikindi ngo n’uburyo Gervais Condo arimo agambanirwa na bamwe mu banyamuryango bagize ako kanama bavuga ko hari amabanga y’umutungo wa RNC bakeneye ko abamenera bitenewe n’uko ngo batajya bamenya uko uyu mutongo ukoreshwa n’ibyo ukora ariko ngo we akomeza kubabera ibamba.

Ikibazo cy’ibura rya Ben Rutabana cyasenye bikomeye umumwe bw’abanyamuryango b’imena ba RNC ndetse kikaba gikomeje gushyira hanze imikorere y’ubutiriganya by’umukuru waryo Kayumba Nyamwasa wihishe inyuma y’abanyapolitiki bafitanye isano n’ingoma ya Habyarimana mu rwego rwo kwishakira amaronko mu Banyarwanda n’abanyamahanga bakorana n’imitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *