Urujijo ku mwana bivugwa ko ari imfura y’Umuhanzi Meddy yaduhishe! Amafoto

Abakoresha urubuga rwa twitter, benshi bagarutse ku mwana, Ngabo Médard Jobert uzwi cyane nka Meddy, ateruye bavuga ko ari imfura ye yaduhishe.

Enshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga nka twitterbamaze kwemeza ko hari amakuru ibinyamakuru bitandukanye byabahishe ku muhanzi Meddy.

Ibyo babivuze bahereye ku ifoto igaragaza umuhanzi Meddy ateruye umwana muto ubona ko basa cyane ibyo bo bemeze ko ari uwe.

Amakuru yizewe twebwe dufite nuko Ngabo Meddy nta mwana afite gusa we n’umugore we Mimi baritegura kuzibaruka imfura yabo muri uyu mwaka.

Nyuma yo gukora ubukwe bw’agatangaza bukitabirwa na bamwe mu byamamare mu Rwanda umuhanzi Meddy n’umukunzi we Mimi Mehfira bagiye kwibaruka imfura yabo.

Uyu muryango usigaye ugarukwaho cyane mu bitangazamakuru nubwo ibyabo kenshi bikunze kugirwa ibanga ubu amakuru ahari ni uko aba bombi bateganya kwibaruka imfura umwaka utaha wa 2022.

Ibi bije nyuma yaho Producer Lick Lick usanzwe akorera indirimbo abahanzi b’abanyarwanda bakorera mu mahanga barimo Meddy yanditse kuri konti ye ya Instagram abaza uyu muhanzi ikibazo benshi ubu bafitiye amatsiko cyane.

Mu butumwa Lick Lick yashyize kuri Twitter yanditse abaza Meddy igihe azibaruka imfura dore ko amaze igihe akoze ubukwe.

Lick Lick yayabanje kwerekana Amafoto yahuje yaba bombi arangije arenzaho Ati”Meddy na Mimi ni ryari muzabyara abana?”

Meddy bitunguranye yahise ajya ahatangirwa ibitekerezo muri comment nubwo akenshi ibijyanye mubuzima bwe bwite akunze kubigira ibanga kuri iyi nshuro yanditse asubiza lick Lick ambwira ko umwaka utaha aribwo bateganya umwana.

Unyujije amaso ku mbuga nkoranyambaga zaba bombi usanga amafoto bombi bashyiraho ari amafoto y’ubukwe uretse Meddy ushyiraho n’andi mafoto asanzwe asa nkaho ari mushya gusa ntagaragaze umugore we.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *