Mumarira menshi; Pasiteri yishe ubukwe bw’abayoboke be abaziza ko basomanye mbere y’iminsi itatu yonyine ngo bashyingiranwe.

Ubukwe ni igikorwa kinini kandi kigaragariramo ibintu by’ingenzi, Ni naho hagaragarizwa indahiro y’uko uko gushyingiranwa bigomba gutuma mubana ubuzima bwose.

Biratagaje kuba wasoma umukunzi wawe mwitegura kuba mwashakana nk’umugore n’umugabo bikakubuza kuba mwasezerana nkuko Imbere y’Imana.

 

Ikibabaje cyane nuko ari umusore wavugishije ukuri ko basomanye ari nabyo byatumye ibibazo bitangira.

Umushumba w’itorero rya Deeper Life muri Nigeria, yahagaritse ubukwe bw’abayoboke be nyuma y’uko amenye amakuru ko umusore yasomye umugeni mbere y’iminsi itatu ngo bashyingiranwe.

Umusore abifashijwemo n’umuryango we, yateguye ubukwe bwose buhagarara ku munsi nyirizina bwari kuberaho. Bwapfiriye ku rusengero abantu bose bambaye.

Nk’uko byavuzwe n’uwatangaje iyi nkuru, ngo aba bombi bari bamaze gukora imihango gakondo, bangiwe gushyingirwa nyuma y’uko umukwe yemeye ko yasomye uyu mukunzi we habura iminsi itatu yonyine ngo ubukwe bwabo bube.

N’ubwo benshi basabye imbabazi uyu mupasiteri, wahagaritse ubu bukwe ku munsi nyirizina bwari kuberaho ariko uyu mupasiteri yatsembye birangira abuhagaritse.

Uyu yagize ati: “Pasiteri yanze gusezeranya mubyara wanjye ejo, Kubera iki? Kuko yasomye umugeni iminsi 3 mbere y’ubukwe. Aba bombi bari baramaze gushyingiranwa mu buryo bwamategeko”.

Abantu bari kuri salle yari kuberaho umuhango wo kwiyakira bategereje abageni mugihe umuryango warimo kuboroga basaba Pasiteri imbabazi ngo ntabuhagarike, Umugeni ntiyari atuye i Lagos kandi byasabye abantu be kugenda amasaha hafi 24 kugirango bitabire ibirori.

Umwanditsi w’iyi nkuru, yavuze ko hari umukecuru wo mu muryango wabo wakoze urugendo rw’amasaha 12 ngo yitabire ubu bukwe ariko pasiteri akabwica.

Yavuze ko uyu musore yababaye cyane ndetse agiye gutegereza ko pasiteri yisubiraho.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *