Visi Perezida wa Kenya, William Ruto yatunguranye yemeza ko nta nka n’imwe iba muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo

Visi Perezida wa Repubulika ya Kenya, William Ruto, yemeje ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) nta nka n’imwe ibayo ku buryo bakwiye kuhabona isoko ry’amata.

Yabitangaje ubwo yiyamamarizaga umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu Karere ka Nyeri, tariki ya 14 Gashyantare 2022.

Yagize ati: “Dufite isoko guhera hano muri DRC. Bafite abaturage miliyoni 90 ariko nta nka n’imwe bagira. Hano DRC hari abantu baririmba, bano bambara amapantalo bakenyerera mu nda hejuru”.

Uyu munyapolitiki yavuze ko ku mwaka, Kenya igira umusaruro w’amata ungana na litiro miliyari eshatu, bityo RDC n’ibindi bihugu by’akarere byakabaye isoko ryo kuyagurishamo.

Aya magambo yababaje bamwe mu Banyecongo barimo Senateri mu Nteko Ishinga amategeko ya RDC, Ambasaderi Francine Muyumba Nkanga, asaba VP Ruto kuyavuguruza, anamumenyesha ko ashobora kugira ingaruka ku mubano w’ibihugu byombi.

Senateri Muyumba yagize ati: “Bwana Visi Perezida William Ruto, ibi ntabwo bikwiye, mu bwubahane, aya magambo ukwiye kuyavuguruza”.

“Niba DRC nta nka n’imwe ifite, ni gute Kenya yasinya amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu na RDC, Equity Bank iri gukorera muri Congo, iki ni igitutsi”.

Uyu musenateri yavuze ko Kenya ikeneye akarere, nako kakaba kayikeneye, bityo ikwiye kwamagana amagambo ya VP Ruto kugira ngo isigasire ubucuti bw’ibihugu byombi, kandi ngo mu gihe bitarakorwa, Inteko ishinga amategeko irafata ibyemezo.

Muyumba abona ko VP Ruto nk’umuntu ushaka kuba Perezida wa Kenya yakabaye ashishoza mu buryo bwa dipolomasi, kugira ngo ubufatanye bw’igihugu cye n’ibindi bukomeze kubaho budahungabana.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *