Yahawe akazi ko gutera inda umugore w’inshuti ye magara birangira avumbuye uku kuri gutangaje

Darius Makambako yareze umuturanyi we warufite abana babiri, yahaye akazi ko gutera inda umugore we w’imyaka 28, Precious ngo babyare umwana ariko nawe bikamunanira kuko byamenyekanye ko nawe atabyara.

Nk’uko iyi nkuru ibigaragaza, uyu mugabo Darius yagiye kwa muganga bamubwira ko atabasha gutera inda ariyo mpamvu we n’umugore we batabyaye nyuma yo gushyingiranwa.

Umugabo yahise ajya ku gitutu cy’umugore we wamubwiraga ko ashaka kubyara umwana, bituma aha akazi umuturanyi we akaba n’inshuti ye Evans Mastano, ko gutera inda umugore we.

Evans yari asanzwe afite umugore n’abakobwa babiri beza ndetse byari byitezwe ko atera inda uyu mugore.

Mu 2016, Bwana Makambako yishyuye Mastano miliyoni 2 z’amashiringi ya Tanzaniya kugira ngo ajye kuryamana n’umugore we nibura gatatu mu cyumweru, mu gihe cy’amezi 10 yikurikiranya.

Evans yakoze akazi nkuko abisabwa ndetse aryamana n’uyu mugore wa mugenzi we inshuro 75 zose, ariko gutera inda madamu Precious biramunanira.

Madamu Precious wari umuforomo ku ivuriro ryigenga, yari yafashe icyemezo cyo gufata ikiruhuko cy’amezi atatu (kuva muri Werurwe kugeza muri Kamena 2016), kugira ngo aryamane n’inshuti magara y’umugabo we akaba n’umuturanyi, kenshi gashoboka amutere inda.

Uyu mugore wakoraga ibishoboka byose ngo abone umwana we wa mbere, yatengushywe nuko uyu mugabo nawe yananiwe kumutera inda, nubwo birirwanaga mu buriri batera akabariro igihe kinini.

Hashize amezi 10 Precious yarananiwe gusama, Makambako yananiwe kubyumva niko gusaba ko iyi nshuti ye bajyana kwa muganga bakareba niba hari ikibazo ifite.

Muri Mutarama 2017, ibi byarakozwe umuganga avuga ko Evans Mastano nawe yari ingumba bitungura benshi cyane ko yari azi ko yabyaranye abana 2 b’abakobwa n’umugore we.

Icyakora ngo nubwo benshi batunguwe, umugore wa Evans we yari abizi ko umugabo we atabyara ahubwo yamuciye inyuma abyarana n’umugabo wundi abana 2 abitirira umugabo we Evans.

Umugore wa Evans yamubwiye ko atari se w’ukuri w’abana be bombi, ahubwo mubyara we Edward ariwe babyaranye.

Angela yabwiye Dar-es-Salaam Today News ati: “Niyemeje kuryamana rwihishwa na mubyara we aba bana bombi. Nyuma yo kubona ko umugabo wanjye adashobora kuntera inda imyaka ibiri”.

Amakuru avuga ko kugeza n’ubu, Makamboko arega Evans kutubahiriza amasezerano bagiranye bityo agomba kumwishyura amafaranga ye.

Ni mu gihe Evans we yabwiye urukiko ko atazigera amusubiza kariya kayabo kuko atigeze yemeza ko azatera uriya mugore we inda ahubwo ko yamwijeje ko azatanga ibyo afite byose akamutera inda.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *