Abagizi ba nabi basenye ikiraro cyari cyarubatswe na RDF gihuza Akarere ka Muhanga n’aka Gakenke

Abagizi ba nabi bataramenyekana basenye ikiraro gihuza Umurenge wa Rongi w’Akarere ka Muhanga n’uwa Ruli mu Karere ka Gakenke bituma ubuhahirane ndetse n’abajyaga kwivuza ku Bitaro by’Akarere ka Gakenke biba bihagaze.

Amakuru ya UMUSEKE avuga ko ibi byabaye mu masaha y’ijoro ryo ku wa 25 Ukuboza, 2021.

Uwahaye amakuru kiriya gitangazamakuru yavuze ko  bikekwa ko iki kiraro cyari cyarubatswe na RDF cyangijwe na ba rwiyemezamirimo bari bafite ubwato bubiri bwambutsaga abaturage bubajyana mu Karere ka Gakenke cyangwa bubavanayo bikekwa ko bahaye amafaranga abashinzwe kukirinda bakagisenya bagamije gushaka kwambuka mu buryo bworoshye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi, Nsengimana Oswald yavuze ko bamenye amakuru y’iryo yangirika ry’ikiraro ndetse ko bamaze kuganira n’abaturage harebwa ubundi buryo  bwakoreshwa mu kwambuka.

Nsengimana yavuze ko inzego zishinzwe iperereza zaritangiye kugira ngo abo bagizi ba nabi bafatwe kandi baryozwe ibyo bakoze.

Yagize ati: “Twahageze koko ikiraro cyacitse ariko ikiraro cyacikiye ku ruhande rwo mu Majyaruguru mu Karere ka Gakenke, na bo ubuyobozi bwabo bwahageze n’ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwahageze ngo dukurikirane intandaro y’icyabiteye, rero biracyakurikiranwa”.

Yakomeje ati: “Hari ibikekekwa, cyaciwe n’abantu inzego zibishinzwe zirimo gukora iperereza zireba ababigizemo uruhare”.

“Cyari cyarakozwe n’abasirikare kugira ngo gifashe abaturage kwambuka, bajya hakurya. Iperereza ryatangiye ngo harebwe nyiri abayazana”.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa yavuze ko hari gushakishwa ubwato bwafasha abaturage kwambuka mu gihe ikiraro cyacitse cyo kitarubakwa.

Ati: “Twari twatekereje ingamba twafata tukareba ahantu twafata ubwato bwaba bwunganira abaturage mu gihe hagishakwa igisubizo kirambye”.

Nsengima yasabye abaturage kugira uruhare mu gusigasira ibikorwa remezo bibegereye.

Ati: “Inama ni ugukomeza kugira uruhare mu bikorwaremezo kugira ngo bibafashe cyane ko bikorwa kugira ngo abaturage bibafashe koroherwa n’ubuzima kandi babashe kugera ku iterambere mu buryo buboroheye ariko bagatanga amakuru ku muntu wese waba wagize uruhare muri iryo senyuka, abantu babigizemo uruhare bagakurikiranwa”.

Nyuma y’aho iki kiraro gicitse ubuhahirane hagati y’Uturere twombi bwahagaze.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *