“Warikingije?”, hatangijwe gahunda nshya idasanzwe yo guhwitura abatarikingiza COVID-19 mu Burasirazuba

Ku bufatanye n’Ubuyobozi bw’Inzego z’ibanze, iz’umutekano n’ubw’abikorera, mu Ntara y’Iburasirazuba hatangijwe ubukangurambaga bwiswe “Warikingije” bugamije gukangurira abacuruzi kubahiriza ingamba zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 no kwitabira kwikingiza.

Ubu bukangurambaga  buzamara icyumweru (23-30/12/2021) burakorerwa mu Mirenge 95 igize iyi Ntara, bukaba bwatangirijwe mu Karere ka Bugesera.

Abikorera barimo gukangurirwa kwambara neza agapfukamunwa, guhana intera muri za santeri z’ubucuruzi, mu masoko,… Gukoresha ikoranabuhanga mu kwishyura ibicuruzwa, kugira ibikoresho by’isuku (Hand sanitizer/Kandagirukarabe) no  kwitabira gufata urukingo rwa COVID-19 ku batarikingiza.

Guverineri  w’Intara y’Iburasirazuba CG Gasana Emmanuel ari kumwe n’Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda  muri iyi  Ntara CP Emmanuel Hatari n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye bifatanyije n’Ubuyobozi bw’Abikorera  (PSF) ku rwego rw’Intara n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera mu gutangiza ubu bukangurambaga, hakaba hakozwe urugendo  rwasorejwe  ku isoko rya Nyamata.

Guverineri CG Gasana Emmanuel yibukije abaturage ko urukingo ari bwo buryo bwo gutabara Abanyarwanda. Ati: “Iki ni igihe cy’amahirwe cyo gutabara”.

Ndungutse J. Bosco uhagarariye PSF mu Ntara y’Iburasirazuba yagaragaje ko hari n’ibindi bikorwa bakora mu rwego rwo  guhangana n’iki cyorezo no guhamagarira abantu kwikingiza aho bashyizeho imboni 125  akaba ari abacuruzi bakangurira abandi baturage kwikingiza.

Yibukije abikorera  ko bagomba kujyana mu ngamba na Leta bagakingirwa.

Ni ubukangurambaga bukozwe muri iyi minsi mu Gihugu hongeye  kugaragara ubwiyongere  bw’abandura COVID-19 cyane cyane mu Mujyi wa Kigali.

Inzego z’ubuzima zikaba zikangurira Abaturarwanda kwirinda kwirara bagakomeza kubahiriza ingamba zo kwirinda ikwirakwira ry’iki cyorezo kandi bakitabira kwikingiza kuko uwikingije iyo aramutse yanduye iki cyorezo ataremba.

Imvaho Nshya

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *