Kigali: Umukobwa yakubitiwe mu kabari umusore wamusengereye amaze kumuca mu rihumye.

Inkumi yo mu Murenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge yakubitiwe na ba nyiri akabari yari yanywereyemo inzoga anariramo inkoko we na bagenzi be babiri nyuma yo kubura amafaranga yo kwishyura.

Uwo mukobwa yahuye n’uruva gusenya ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba wo ku itariki ya 25 Ukuboza 2021 mu Murenge wa Nyakabanda Akarere ka Nyarugenge.

Abatangabuhamya bemeza ko hari umusore wasohokanye n’umukunzi we kuri Noheli amubwira ko agiye kumugurira inzoga n’inkoko mu kabari gaherereye muri aka gace nyuma aza kuhamuta arigendera bituma bamubuza kuhava atishyuye.

Bavuga ko uyu musore n’umukunzi we bari banyoye inzoga barya n’inkoko ari na byo umusore yagiye atishyuye bituma umukunzi we agirwa ingwate kugira ngo ayo mafaranga aboneke.

Ubwo umukozi wari wabakiriye yishyuzaga uwo mukobwa yahamagaye umukunzi we asanga telefone yayikuye ku murongo.

Uwitwa Karamira Rodrigue wo mu Murenge wa Gitega, yavuze ko uyu mukobwa kugira ngo arekurwe byabaye ngombwa ko abandi bagabo bari muri ako kabari bateranya amafaranga bari bafite.

Yagize ati: “Umukobwa nyine umusore yamukinnye umutwe bararya arangije ahita amucika baba ari we bafata biba ngombwa ko bamufata kugira ngo ahamagare uwo musore”.

Uwo mukobwa yavugaga ko uwo muhungu bari bamaze iminsi mike bamenyanye kandi yari yamubwiye ko amusohokanye kugira ngo amugurire inkoko kubera ko ari cyo kintu yamubwiye ko akunda cyane.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *