Abanyamakuru bamaze guhitamo Umukobwa uzegukana ikamba rya Miss Rwanda 2022. Amafoto

Harabura amasaha make ngo Miss Rwanda wa 2022 amenyekane nyuma y’ibyumweru bibiri abakobwa bari muri iri rushanwa bari mu mwiherero.

Ubu umutima uradiha yaba ku bakobwa 19 bageze mu cyiciro cya nyuma, ababyeyi babo ndetse n’inshuti zabo buri wese arota kubona uwo akunda cyangwa afana yambaye ikamba.

Abanyamakuru 10 nibo baganiriye n’ikinyamakuru IGIHE ducyesha iyi nkuru, biganjemo abakorera Radio na Televiziyo.

Babiri muri bo barifashe, ntibasubiza ibibazo bivuga ku bakobwa batanu baha amahirwe muri iri rushanwa. Abo bifashe ni Anita Pendo na Epa Ndungutse bombi bakorera RBA.

Uko abanyamakuru batoye

Uko amazina yanditse ni ko abanyamakuru bagiye bayakurikiranya nk’abakobwa baha amahirwe.

Aissa Cyiza ukorera Royal FM

Yahaye amahirwe abakobwa babiri aho kuba batanu nk’uko yari yabisabye. Yatoye Nshuti Muheto Divine na Uwimana Jeannette.

Cyuzuzo Jeanne d’Arc ukorera Kiss FM

Yatoye Marlène Uwimana, Kayumba Darina, Nshuti Muheto Divine, Jeannette Uwimana, Vanessa Uwimanzi.

Uwimana Clarisse ukora kuri B&B FM Umwezi

Yatoye Nshuti Muheto Divine, Kelia Ruzindana, Uwimana Jeannette, Umuhoza Emma Pascaline, Kalila Leila Franca.

Shimwayezu Cedric ukora Isango TV

Yatoye Saro Amanda, Kayumba Darina, Nshuti Muheto Divine, Keza Maolithia, Kelia Ruzindana.

Kavukire Alex ukorera Isango Star

Yatoye Nshuti Muheto Divine, Keza Maolithia, Kayumba Darina, Ikirezi Musoni Kevine na Mutabazi Isingizwe Sabine.

Sangwa Khamiss ukorera Radio 10

Yatoye Ruzindana Kelia, Nshuti Muheto Divine, Keza Maolithia, Saro Amanda, Umuhoza Emma Pascaline.

Umuhire Rebecca ukorera Royal FM

Yatoye Bahali Ruth, Kayumba Darina, Kelia Ruzindana, Muheto Nshuti Divine, Uwikuzo Marie Magnificat.

Uncle Austin ukorera Power FM

Yatoye Nshuti Muheto Divine, Kayumba Darina, Ruzindana Kelia, Saro Amanda na Muringa Jessica.

Ugendeye ku mukobwa watowe cyane n’abanyamakuru, bigaragara ko uhabwa amahirwe yo kuba Nyampinga w’u Rwanda ari Nshuti Muheto Divine agakurikirwa na Kayumba Darina na Ruzindana Kelia baba ari ibisonga byabo.

Ibitekerezo by’abanyamakuru bishobora kudahura n’ibyo Akanama Nkemurampaka kazatangaza mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu kuko bo bazagendera ku buryo abakobwa basubije mu gihe ibitekerezo by’abanyamakuru ahanini bishingiye ku marangamutima.

Byitezwe ko irushanwa rya Miss Rwanda rizarangira ku wa Gatandatu tariki 19 Werurwe 2022 mu birori bizabera i Rusororo mu Intare Arena.

IGIHE

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

Bahali Ruth ni nimero 3 mu irushanwa rya Miss Rwanda
Ikirezi Musoni Kevine ni nimero 10 muri Miss Rwanda
Kalila Leila Franca ni nimero 23 mu irushanwa rya Miss Rwanda
Kayumva Darina ni umukobwa wa gatatu abanyamakuru bahaye amahirwe
Kazeneza Mari Merci ni nimero 26 muri Miss Rwanda 2022
Keza Maolithia afite nimero 27 muri Miss Rwanda
Keza Melissa ni nimero 28 muri Miss Rwanda
Muheto Nshuti Divine ni we mukobwa uhabwa amahirwe n’abanyamakuru kuba yakwegukana ikamba rya Miss Rwanda
Muringa Jessica afite nimero 37 muri Miss Rwanda
Mutabazi Isingizwe Sabine ufite nimero 38 mu irushanwa rya Miss Rwanda
Ndahiro Mugabekazi Queen afite nimero 42 muri Miss Rwanda
Ruzindana Kelia yaguye mu ntege Muheto mu bahabwa amahirwe n’abakobwa
Saro Amanda afite nimero 48 mu irushanwa rya Miss Rwanda
Umuhoza Pascaline afite nimero 53 muri Miss Rwanda
Umurerwa Bahenda Arlette Amanda afite nimero 55 muri Miss Rwanda
Uwikuzo Marie Magnificat afite nimero 67
Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga afite nimero 68
Uwimana Marlene wamaze kwibikaho ikamba ry’uhiga abandi muri siporo afite nimero 69 muri Miss Rwanda
Uwimanzi Vanessa afite nimero 70 mu irushanwa rya Miss Rwanda

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *