Uwitwa Nimpagaritse Adrien yageneye impunzi za Ukraine imfashanyo y’ibigori mu musaruro yakuye mu buhinzi.

Umugabo w’imyaka 30 y’amavuko utuye mu Ntara ya Ruyigi, Nimpagaritse Adrien, yemeye guha abahunga intambara ya Ukraine n’u Burusiya imfashanyo y’ibilo 100 by’ibigori mu musaruro yakuye mu buhinzi.

Mu kiganiro yagiranye na BBC Afrique, Nimpagaritse yavuze ko yagize iki gitekerezo ashingiye ku mashusho ari kubona y’abahunga iyi ntambara, no kuba na we ubwe yarabaye mu buzima bw’ubuhunzi.

Yagize ati: “Nk’umuntu wahoze ari impunzi, natekereje gutanga imfashanyo nkeya. Ubu ndatuye, nta kintu kinini mfite cyo gutanga gusa mfite umutima ukunze”.

Nimpagaritse yakomeje avuga ko “Iyo ndebye amashusho, mbona abagore n’abana bapfa. Nta jwi mfite ryatuma haboneka igisubizo kuri iyi ntambara ariko nshobora gutanga igice cy’ibyo nahinze ku bw’urukundo”.

Uyu muturage wo mu gihugu cy’u Burundi akomeza asobanura ko ubwo yabaga mu nkambi y’impunzi ya Mutenderi muri Tanzania (1996-2007), yabonaga kubona ibyo kurya byari bigoye.

Muri icyo gihe, ngo uwabahaga imyumbati mike yo guteka ndetse n’amazi, baramushimiraga cyane.

Na we yemeye gutanga ibi bigori, asaba n’abandi kugira icyo batanga.

Ati: “Ku bwanjye, nemeye gutanga ibiro 100 by’ibigori, kandi ntibihagije. Hagize undi wongeraho, byagira icyo bifasha”.

Nimpagaritse yasabye ko ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR, kujya gufata ibi bigori, ukazabigeza ku mpunzi z’abanya-Ukraine.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *