Perezida Ramaphosa yashinje NATO kuba intandaro y’intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yashinje NATO kuba ari yo nyirabayazana y’intambara yo muri Ukraine maze avuga ko azamagana umuhamagaro wose wo kwamagana u Burusiya, amagambo yateye gushidikanya hibazwa niba azemerwa na Ukraine cyangwa Uburengerazuba nk’umuhuza.

Yabivuze kuri uyu wa Kane, itariki 17 Werurwe, Ubwo yasubizaga ibibazo mu nteko ishinga amategeko.

Ramaphosa yagize ati: “Intambara yashoboraga kwirindwa iyo NATO yumvira umuburo w’abayobozi bayo ndetse n’abakozi bayo mu myaka yashize ko kwaguka igana mu burasirazuba bizatera umutekano muke mu karere”.

Ariko yongeyeho ko Afurika y’Epfo “idashobora kwihanganira gukoresha ingufu no kurenga ku mategeko mpuzamahanga” asa nk’uvuga ku gutera Ukraine k’u Burusiya ku ya 24 Gashyantare.

Perezida Vladimir Putin yavuze ko ibikorwa by’u Burusiya ari “igikorwa kidasanzwe” cyo kwambura intwaro no “guca ubunazi” muri Ukraine no kurwanya icyo yise ubushotoranyi bwa NATO.

Ukraine n’abafatanyabikorwa bayo bo mu Burengerazuba bemeza ko u Burusiya bwatangije intambara butashotowe bugamije kwigarurira umuturanyi Putin yita leta yashyizweho n’abantu runaka nk’uko iyi nkuru dukesha Reuters ikomeza ivuga.

Ramaphosa kandi yatangaje ko Putin yamwijeje ku giti cye ko imishyikirano igenda itera imbere. Umuyobozi wa Afurika y’Epfo yavuze ko ataravugana na perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, ariko ko abishaka.

Ku wa gatanu, Ramaphosa yavuze ko Afurika y’Epfo yasabwe kuba umuhuza mu ntambara y’u Burusiya na Ukraine. Ntiyavuze ariko uwamusabye kugira icyo akora.

Ati: “Hariho abashimangira ko tugomba gufata icyemezo cyo kwamagana u Burusiya. Inzira tugiye gufata (ahubwo) ni … ugushimangira ko hagomba kubaho ibiganiro”.

Perezida Ramaphosa yongeyeho ko “Gutaka no gusakuza ntibizakuraho aya makimbirane”.

Ishyaka ANC rya Ramaphosa, riyoboye Afurika y’Epfo kuva ubutegetsi bw’Abazungu bwarangira mu 1994, ryahoranye umubano ukomeye n’icyahoze ari Repubulika Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti, zatoje kandi zishyigikira abaharanira kurwanya ivanguramoko mu gihe cy’intambara y’ubutita.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *