Abasirikare b’u Burusiya bari muri Ukraine bagongesheje igifaru umuyobozi wabo?

Abasirikare b’u Burusiya baba baherutse gutera uwari umuyobozi wabo bamunyuze hejuru n’igifaru nyuma y’aho benshi muri bagenzi babo bari bamaze kwicirwa ku rugamba kubera amabwiriza ye, aho bikekwa ko yaba yarapfuye.

Umunyamakuru Roman Tsymbaliuk wo muri Ukraine, mu butumwa yanyujije kuri facebook kuwa Gatanu, yavuze ko Col. Yuri Medvedev yishwe nyuma y’imirwano muri Ukraine yasize kimwe cya kabiri cy’ingabo yari ayoboye zo muri 37th Motor Rifle Brigade bishwe nk’uko byatangajwe na The Washington Post.

Tsymbaliuk avuga ko abo basirikare basyonyoye amaguru yombi ya Medvedev bamugongesheje igifaru, biba ngombwa ko ajyanwa mu bitaro.

Ibi ngo byabereye mu mujyi wa Makariv mu birometero bisaga 40 uvuye Kyiv, umurwa mukuru wa Ukraine.

Iki gihugu kikaba kivuga ko cyisubije uyu mujyi wari wigaruriwe n’Ingabo z’u Burusiya mu ntangiriro z’intambara.

Umwe mu bayobozi bakuru mu burengerazuba yabwiye The Washington Post ko akeka ko Medvedev yapfuye, kandi ibi bigaragaza morale nkeya mu Ngabo z’u Burusiya muri Ukraine.

Ati: “Yishwe nk’ingaruka zo gutakaza gukabije kwa brigade ye”.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru dusoza, NATO yatangaje ko igererenyije abasirikare 15,000 b’Abarusiya bamaze kwicirwa muri Ukraine mu gihe igihugu gikomeje kwirwanaho gihanganye n’ibitero by’Abarusiya.

Gusa, Umuyobozi w’ibikorwa by’igisirikare cy’u Burusiya, Colonel General Sergey Rudskoy yatangaje ko abasirikare babo bamaze gupfira muri iyi ntambara ari 1351, mu gihe abandi 3,825 bakomeretse.

Igisirikare cy’u Burusiya kandi kivuga ko kimaze kwica abasirikare ba Ukraine 14,000, abandi 16,000 bakaba barakomerekeye muri iyi ntambara.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *