Amafoto: Reba Ubwiza, Uburanga bw’inkumi y’ikimero gihebuje igaragara mu ndirimbo ya The Ben na Diamond

Nyuma y’ukwezi abakurikirana umuziki nyarwanda n’uwo muri Tanzania bategerezanyije amatsiko amashusho y’indirimbo ya Diamond na The Ben, ubu yamaze kugera hanze.

Umunyamideri w’icyamamare mu gihugu cya Tanzania, Nelly Alexandra Kamwelu, niwe ugaragara mu mashusho y’indirimbo nshya ya The Ben na Diamond yamaze gufatirwa amashusho.

Tariki 29 Ugushyingo 2021 nibwo harangiye imirimo yo gufata amashusho y’indirimbo ya The Ben na Diamond yafashwe na Julien Bmjizzo.

Mu bakobwa babiri bifashishijwe mu mashusho y’iyi ndirimbo, harimo umunyamideli ufite izina rikomeye muri Tanzania Kamwelu.

Uretse iyi ndirimbo ya The Ben na Diamond yagaragayemo, Kamwelu ari no mu zindi nka Crush ya Otile Brown, Tell Me ya Jux na Joh Makini anagaragara kandi muri ’My Love’ Tom Close aherutse gukorera muri Tanzania.

Kamwelu ni umunyamidelikazi umaze kubaka izina muri Tanzania by’umwihariko mu kwitabira amarushanwa y’ubwiza yatangiye kwitabira mu 2008 akirangiza amashuri yisumbuye.

Kamwelu w’imyaka 28, avuka kuri Se w’umuny-Tanzania na nyina w’Umurusiyakazi.

Uyu mukobwa yamenyekanye cyane mu 2011 ubwo yitabiraga amarushanwa atandukanye y’ubwiza. Yahagarariye Tanzania mu marushanwa arimo Miss Universe ryabereye muri Bresil, Miss Tourism Queen International ryabereye mu Bushinwa, Miss Earth ryabereye muri Philippines na Miss International ryabereye mu Bushinwa yose yabaye mu 2011.

Indirimbo The Ben yakoranye na Diamond Platnumz, amajwi yayo yagiye hanze ku wa 2 Mutarama 2021 batanga integuza ko amashusho nayo ari mu minsi mike.

Aba bahanzi ntibigeze batenguha abakunzi babo kuko nyuma y’iminsi ibiri gusa bahise bashyira hanze amashusho aryoheye ijisho yakorewe muri Tanzania.

Iyi ndirimbo yayobowe n’umwe mu basore b’Abanyarwanda bamaze kumenyekana mu kuyobora amashusho y’indirimbo Julien Bmjizzo.

Aba bahanzi baba baririmbira abakunzi babo ko batazigera babasiga, ko uko byagenda kose bazababa hafi.

Amashusho yayo agaragaramo umwe mu banyamideli bakomeye muri Tanzania witwa Nelly Alexandra Kamwelu uri mu ndirimbo ya Tom Close yitwa “My love”.

Iyi ndirimbo isohotse mu gihe The Ben ageze kure imyiteguro yo gusohora album ye ya gatatu ikurikira ‘Amahirwe ya mbere’ yasohotse mu 2009 na ‘Ko Nahindutse’ yamurikiye mu Bubiligi mu 2016.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *