Umunyeshuri w’ikizungerezi wiga muri kaminuza yiyahuye kubera ko umukunzi we yamutaye akikundira undi. Amafoto

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, hakomeje gucicikana inkuru y’umunyeshuri w’ikizungerezi wigaga muri kaminuza wiyahuye kubera ko umukunzi we yamutaye akikundira undi.

Ibi byabereye mu gihugu cya Malawi aho uyu munyeshuri wo mu mwaka wa mbere muri kaminuza ya Chancellor yiyahuye akoresheje uburozi.

Amakuru avuga ko uyu mukobwa yahisemo kwiyambura ubuzima nyuma yuko Umukunzi we amwanze akisangira undi Mukobwa.

Uyu munyeshuri mu mwirondoro we yamenyekanye nka Esther Khonje, ufite imyaka 18 y’amavuko, akaba yaritabye Imana ku wa kabiri ahagana mu ma saa yine z’ijoro.

Amakuru yagiye ahagaragara yerekana ko umurambo wa nyakwigendera uzajyanwa i Zowo mu gace ka Rumphi kugira ngo ushyingurwe.

Khonje yari ari gukorera impamyabumenyi ya Arts in Humanities (BAH) muri kaminuza yigagamo ya Chancellor.

Mushobora kudukurikirana ku mbuga nkoranyambaga zacu, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uyu rubuga, mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *