Amashusho y’umukobwa amaze gusambana n’umugabo wa Fille Mutoni yaciye ibintu

Edwin Katamba uzwi nka MC Kats akaba ari umugabo wa Fille Mutoni, yongeye kwibazwaho cyane nyuma yo gufatwa amashusho n’umukobwa bivugwa ko bari bamaze gusambana.

Ubusanzwe Fille Mutoni ni umunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cy’Abaturanyi cya Uganda.

MC Kats wari uherutse kwerura kumugaragaro agatangaza ko abana n’ubwandu bw’Agakoko gatera SIDA, ubwe benshi bamwibasira bamuvugaho amagambo atari meza, yongeye gukoza agatoki mu ntozi atamazwa n’uwo bari bamaze kugirana ibihe byiza mu bwiru.

Benshi babonye amashusho ya MC Kats tutifuje kugaragaza hano, wasangaga bose bahuriza ku kintu kimwe cy’uko abagore b’i Kampala nta mugabo basubiza inyuma kereka utemeye kubaha ibyo bakeneye.

Iyi Videwo iri kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga igaragaza MC Kats aryamye ku gitanda, bigakekwa ko yarimo aruhuka nyuma yo kumara umwanya asambana n’umugore wafashe ariya mashusho we utashoboye kumenyekana.

Isura y’uyu mukobwa igaragara muri aya mashusho gusa mu bayibonye bose nta we uratangaza ko azi uyu mukobwa wirabura, wari wambaye impeta nyinshi ku ntoki ze.

Muri Videwo MC Kats yumvikana akorora cyane, ibyateye umugore bari kumwe kugira ubwoba akamubaza niba ameze neza.

Videwo kandi igaragaramo agakingirizo kakoreshejwe bikekwa ko ari ako MC Kats yari amaze gukoresha.

MC Kats yakundanye igihe kirekire n’umuhanzikazi Fille Mutoni ufite inkomoko mu Rwanda ari nawe umufasha mu bikorwa bye by’ubuhanzi ku buryo bari bamwe muri couple z’ibyamamare zizwi cyane  muri Uganda.

Aba ariko bagiye bagirana ibibazo bagatandukana ubundi bagasubirana inshuro bivugwa ko zigera mu 100.

Buri ruhande rushinja urundi kuruca inyuma n’ubwo bombi nta n’umwe urabyemera.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

https://youtu.be/wB8OZhhjjiE

https://youtu.be/VFx7RbXdB8E

https://youtu.be/Z_kyu7POWBM

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *