Amashusho y’umunyarwenya Mitsutsu ari gukorakora umukobwa mu bwiherero bwa hotel akomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga. Video

Amashusho y’umunyarwenya Mitsutsu ari gukorakora umukobwa mu bwiherero bwa hotel akomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga 

Benshi bakomeje kubaza uyu munyarwenya Mitsutsu impamvu yahindutse kandi ubundi batari bamuziho imico yo kujya mu bakobwa. 

Benshi bari baziko mitsutsu atagira imico nk’iyi, gusa noneho icyatunguye benshi ni uko bamubonye mu bwiherero ari gukorakora umukobwa.  

Reba Videwo yaciye ibintu unyuze hano. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Dorcas na Vestine bagiye gusangira Noheli n’abakunzi babo b’i Burundi 

Itsinda ry’abahanzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana rya ‘Dorcsa na Vestine’ rigiye gusangira Noheli n’abakunzi baryo b’i Burundi mu gitaramo giteganyijwe ku wa 23 Ukuboza 2023. 

Ni igitaramo cya mbere aba bahanzikazi bagiye gukorera hanze y’u Rwanda bikaba byitezwe ko kizabera mu Mujyi wa Bujumbura. 

Iki gitaramo cyemejwe nyuma y’uko muri Gicurasi 2023 byatangajwe ko aba bahanzikazi bari mu myiteguro yo kujya gutaramira muri Canada. 

Ku rundi ruhande ‘Dorcas na Vestine’ bagiye gutaramira i Bujumbura nyuma y’umwaka bakoze igitaramo cyo kumurika album yabo ya mbere bise ‘Nahawe ijambo’, yagiye hanze mu Ukuboza 2022. 

Ni album yamurikiwe mu gitaramo cyabereye mu Mujyi wa Kigali, iyi ikaba iriho indirimbo zakunzwe cyane nka ’Nahawe ijambo’, ’Papa’, ’Si Bayali’, ’Isaha’ n’izindi. 

Kuva batangiye umuziki kugeza uyu munsi, iri tsinda ni rimwe mu bahanzi bakomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana cyane ko bari no mu bahatanira igihembo mu Isango na Muzika Awards. 

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *