Ambasaderi Hongwei yasobanuye byimbitse, aho u Bushinwa buhagaze ku ntambara ya Ukraine n’u Burusiya

Ambasaderi Hongwei avuga ko U Bushinwa bubabajwe n’ibibera muri Ukraine, kandi ko buhamagarira Isi kongera imbaraga mu kwimakaza ibiganiro by’amahoro no gushyira bwangu iherezo ku biri kuba.

Yabivugiye mu kiganiro n’ikinyamakuru IGIHE, ubwo yari abajijwe aho igihugu cye gihagaze ku ntambara ibera muri Ukraine n’ibindi.

Yagize ati: “U Bushinwa bubabajwe n’ibibera muri Ukraine. U Bushinwa buhamagarira Isi kongera imbaraga mu kwimakaza ibiganiro by’amahoro no gushyira bwangu iherezo ku biri kuba.

Ntibwemeranya n’ibyemezo bya bimwe mu bihugu byo gukongeza umuriro binyuze mu kongera ibihano no gutanga intwaro ku bihugu birebwa n’ikibazo.

U Bushinwa bwizera ko ubusugire n’ubudahangarwa bushingiye ku mbibi z’ibihugu bigomba kubahwa, amahame n’amabwiriza ya Loni bikagenzurwa, umutekano w’ibihugu byose ukitabwaho byihariye ndetse imbaraga zose ziganisha ku kugarura amahoro zigashyigikirwa.

Nk’igihugu cy’u Bushinwa, turahamagarira guhagarika ibikorwa bifite ingaruka kuri rubanda nyamwinshi.

U Bushinwa bwashyize imbere gahunda igamije gutanga ubufasha bwa kimuntu mu gushyigikira abahuye n’akaga muri Ukraine.

Tuzakomeza gutanga umusanzu wubaka, duharanira ko intambara yoroha, dushishikariza ko habaho ibiganiro no kwirinda ko ikiremwamuntu cyahura n’akaga gakomeye muri Ukraine”.

Ambasaderi Rao Hongwei yasoje manda ye nka Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda ndetse yiteguye gusubira mu gihugu cye.

Yoherejwe mu Rwanda mu 2016, nyuma y’imyaka ibiri yari amaze ahagarariye Ibiro bishinzwe Inyungu z’u Bushinwa (Consulate General) mu Mujyi wa Adelaide muri Australia.

Mu gihe yamaze ahagarariye igihugu cye yishimira ko yakiriwe neza ndetse akanyurwa n’urugwiro abaturarwanda bamweretse.

Kuva ku wa 12 Ugushyingo 1971 na nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, u Rwanda rukorana n’u Bushinwa mu kubaka umubano ushingiye kuri politiki n’imibereho myiza y’abaturage.

U Bushinwa buri ku isonga mu bihugu bishora imari mu Rwanda, ndetse ishoramari ryabwo rimaze gufasha mu ihangwa ry’imirimo itandukanye.

U Rwanda n’u Bushinwa bifatanya mu mishinga y’ishoramari, ibikorwaremezo, ikoranabuhanga, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ubwikorezi bwo mu kirere, uburezi, kubaka ubushobozi, ubuzima, ubucuruzi, ubukerarugendo, ubuhinzi, umutekano n’indi iteza urwa Gasabo imbere.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *