Bijoux wo muri bamenya yasubije abamututse bamuziza ikibuno cye gikomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga. Amafoto

Munezero Aline wamamaye ku izina rya Bijoux muri Filimi y’uruhererekane yitwa Bamenya, yavuze uko abantu batandukanye bamututse bamuziza ikibuno cye bavugaga ko yacyongereye ndetse ko hari imiti afata kugirango kibe kinini nyamra ataribyo.

Yabasubije benshi babyibajijeho mu kiganiro yagiranye na Isimbi Tv asobanura n’amafoto atandukanye ashyira ku mbuga nkoranyambaga

Bijoux yavuze ko abantu benshi bagiye bamutuka bamuziza ko ikibuno cye ari kinini ndetese ko hari imiti akoresha kugirango acyongere nyamara ataribyo ahubwo yavuze ko ariko ateye bisanzwe kuko ahora imyitozo ndetse akaniyitaho uko bikwiye akaba ariyo mpamvu abantu bamubona bagakeka ko hari imiti akoresha nyamara ataribyo.

Yongeyeho ko umuntu ahinduka bityo nawe akaba yarahindutse ugereranyije nuko yari ameze mu gihe cyashize.

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *