Colonel Osama yaguye mu mirwano ikomeye cyane yahuje abarwanyi be n’inyeshyamba za FDLR

Inyeshyamba yo mu mutwe wa Nduma Defense of Congo Rénové (NDC-R), yaguye mu mirwano iherutse gusakiranya abarwanyi b’uyu mutwe n’abo mu mutwe wa FDLR.

Iyi nyeshyamba yiyitaga Colonel Osama yaguye mu mirwano yasakiranyije NDC-R na FDLR yari yiyunze n’undi mutwe witwa CMC (Collectif des mouvements pour le changement).

Ni imirwano yabereye muri Teritwari ya Rutshuru ku wa Gatanu tariki ya 07 Mutarama 2022.

Uretse Colonel Osama, amakuru avuga ko iyi mirwano yanaguyemo abandi barwanyi bane b’uriya mutwe.

Muri 2014 ni bwo NDC-R yatangiye gukorera mu bice bitandukanye by’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo gutandukana n’undi mutwe witwa Nduma Defense of Congo.

Ni umutwe wahoze ukomeye ahanini kubera amafaranga wakuraga mu bucuruzi bwa zahabu, aho wagenzuraga igice kinini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hafi n’umupaka w’u Rwanda na Uganda.

Mu myaka irenga irindwi uyu mutwe umaze ukorera mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa, wagiye ukunda gushyamirana na FDLR cyo kimwe n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera muri kiriya gice irimo nka Mai-Mai na Nyatura.

Nko muri Mutarama 2020 NDC-R yarwanye na FDLR, imirwano igwamo abarwanyi babarirwa muri 25 b’impande zombi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *