Gen. Muhoozi Kainerugaba uheruka gusura u Rwanda yasabiye umugisha Jeannette Kagame

Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba uyobora ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu w’Umukuru w’Igihugu yasabiye umugisha nyina, Janet Museveni n’umufasha wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Jeannette Kagame.

Uyu musirikare yabigaragarije mu butumwa yacishije ku rubuga rwa Twitter mu gitondo cy’uyu wa 3 Gashyantare2022.

Kuri uru rubuga, yashyizeho ifoto y’umubyeyi we ari kumwe na Jeannette, maze agerekaho ubutumwa bugira buti: “Abareba aba bagore beza, ntabwo bashidikanya ku buryo dufitanye isano ya hafi y’abantu. Imana ihe umugisha Mama Janet na Mama Jeannette!”

Ubu ni bumwe mu butumwa bwinshi Gen. Kainerugaba akomeje gutangaza kuva yagirira uruzinduko mu Rwanda tariki ya 22 Mutarama 2022, ubwo yahuraga, akanaganira na Perezida Paul Kagame, bakemeranya gukemura amakimbirane u Rwanda rufitanye na Uganda.

Mu yandi makuru, Lt Gen. Muhoozi Kaineruga abona amakimbirane y’igihugu cye n’u Rwanda yaratumye igihe cyinshi gipfa ubusa kandi cyarabaye kibyazwa umusaruro muzima.

Umubano w’u Rwanda na Uganda wajemo agatotsi mu 2017 kubera impamvu z’umutekano na politiki, bituma imipaka ibitandukanya ifungwa mu 2019.

Kuva icyo gihe, abacuruzi n’abaturage bo mu bihugu byombi bakeshaga imibereho ubuhahirane bwambukiranya imipaka batatse ingaruka z’aya makimbirane, humvikana ihenda ry’ibicuruzwa, abandi bataka kubura abakiriya bari basanganwe.

Gen. Kainerugaba uheruka mu Rwanda mu rwego rwo gushaka uburyo aya makimbirane yakemuka, avuga ko iki gihe ibihugu byombi byagihombye, anashimira Imana kuba abayobozi babyo barashoboye gutera intambwe kugira ngo bayakemure.

Yagize ati: “Aya makimbirane hagati y’ibihugu byacu by’ibivandimwe yabaye ugutakara kw’igihe kunini cyane kwabayeho”.

“Ndashimira Imana ko abayobozi bacu babiri bashoboye kureba hirya y’amakimbirane atari ngombwa, bagakemura ikibazo. Abantu ba Uganda n’u Rwanda ni bamwe!”

Uyu musirikare atangaje ubu butumwa nyuma y’aho u Rwanda rufunguye umupaka wa Gatuna wari umaze imyaka 3 ufunze, tariki ya 31 Mutarama 2022, mu gihe ibihugu byombi bigikemura ibibazo bifitanye.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *