Ishyano riraguye! Abagabo babiri bagiranye amasezerano yo kurongora umugore umwe.

Abagabo babiri bo muri Kenya bisanze bakunda umugore w’umupfakazi umwe utuye mu Ntara ya Mombasa bananirwa guharirana bafata umwanzuro wo kumutunga bombi bakazanafatanya kurera abana bazabyara.

Sylvestre Mwendwa na Elijah Kimani bari mu kigero cy’imyaka 25 na 31 bakunze batabizi umupfakazi wanze ko amazina ye ashyirwa ahagaragara, ubwo babimenyaga batangiye kugirirana ishyari ryazagamo no guhangana.

Aya makuru yatangiye kumenyekana ubwo aba bagabo babiri barwaniye uwo mupfakazi w’impanga ibyiri bajya kuri Polisi. Polisi yagerageje gukemura ikibazo kirananira kuko buri wese yavuga ko adashobora kubaho atabana n’uwo mugore.

Nya mugore na we ntiyabashije guhitamo umwe muri bo maze abo bagabo babiri bari bamaze imyaka irenga ine babana na we mu ibanga, bombi bamufasha kubaho aho bamurihiriraga amafaranga y’ubukode n’ibitunga abana.

Kuri iki Cyumweru tariki 25/08/2013 aba bagabo banze kumuhara bituma bumvikana ko batanga inkwano akaba umugore wabo bombi.

Muri ayo masezerano bagiranye, bemeranyijwe kandi gufatanya kurera abana bazabyara, ikindi buri wese akubahiriza gahunda yo kubonana n’uwo mugore yabahaye; nk’uko ikinyamakuru The Daily Nation dukesha iyi nkuru kibitangaza.

Iki kibazo k’ingutu gishobora gutambamira abo bagabo n’uwo mugore kubana urukundo rw’akaramata aho bazatandukanwa n’urupfu ni uko amategeko ya Kenya atemera ko umugore atungwa n’abagabo barenze umwe ariko ngo hashobora kwitabazwa amategeko y’imiryango bakomokamo niba abyemera.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *