Umukobwa dukundana tumanye imyaka 3 amaze igihe ansaba ko turyamana nkabyanga none yampaye ukwezi ko kubitekerezaho.

Abakunzi b’iki kinyamakuru mbanje kubasuhuza. Amazina yanjye nitwa Peter, ntuye mu mujyi wa Kigali, mbandikiye nshaka ko mungira Inama.

Mfite imyaka 29 y’amavuko ndi umusore w’umukristu mu itorero rya ADEPR, mfite umukobwa dukundana tumaranye imyaka 3 dukunda we ni umugatolika.

Uyu mukobwa dukundana afite imyaka 26 y’amavuko ni umwana mwiza mugihe tumaranye ntacyo namushinja pe, afite imico myiza, agira isuku, ni umunyabwenge, azi guteka muri make ni umugore mwiza kuburyo numva ambereye umugore naba ntomboye.

Kuva namenyana n’uyu mukobwa yagiye angerageza ashaka ko turyamana ariko nkamwangira nkamubwirako igihe kitaragera, yarangerageje bihagije ariko ndakomeza nkomera kukwemera kwanjye kuko navuzeko ntazigera ndyamana n’umukobwa tutarabana ariko we ntabwo abyumva.

Kuri ubu turigutegura ubukwe bugomba kuba mu kwezi kwa 9 kuko twatangiye imyiteguro ndetse twamaze no kubibwira imiryango.

Mu cyumweru gishize yambwiyeko anshaka ansanga murugo turaganira ambwirako yumva ashaka ko turyamana kandi ko kwihangana byamunaniye.

Nagerageje kumuganiriza ndamuhakanira ataha tutabikoze, amaze gutaha anyoherereza ubutumwa ambwirako niba ntemeye ko dusambana iby’ubukwe agomba kubivamo kuko ngo atabasha kubana n’umugabo batararyamana.

Uyu mukunzi wanjye yampaye ukwezi ko kubitekerezaho, ndamuhamagara ntanyitabe, namwandikira ntansubize, ubu icyumweru n’igice kirashize, yambwiyeko azongera kumvugisha neza ari uko nemeye ko dukora ibyo ashaka, none nabuze amahitamo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *