Gisimenti: Umukobwa yasinze imyanya ye y’ibanga ijya hanze abagabo barayikorakora. Video

Kuri ubu zimwe mu nkuru zikomeje kugarukwaho cyane mu mujyi wa Kigali, ni amashusho akomeje gucicikana aba yafatiwe ku Gisimenti, agaragaza uburyo benshi mu rubyiruko rukomeje kwishora mu ngeso mbi zo kwiyandarika.

Kuri ubu amashusho yongeye kurikoroza, ni iy’umukobwa wasinze bigera n’aho amabere ye yagiye hanze, aho wabonaga ko nawe atakiri kwibuka ahantu ari.

Aya mashusho agaragaza uyu mukobwa ari kubyina mu gihe abagabo bamubyinishaga bamukorakora ku mabere yagiye hanze, mbese ubona ko yizihiwe.

Ni amashusho akomeje kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bakomeje kwibaza ahazaza h’Urubyiruko rw’u Rwanda, cyane ko abakomeje kugaragara muri ibi bikorwa by’urukozasoni ari abakiri bato bagifite imbaraga zo gukora bakaba bakwiteza imbere.

Kuri ubu, ku rubuga rwa twitter hakomeje gucicikana Hastag igira iti “Shut duwn Gisimenti”, aho benshi bakomeje kunenga uburyo abasohokera muri aka gace bakomeje kugaragara mu bikorwa bitabahesheje agaciro nkuko bigaragara muri aya mashusho.

Muri iki gihe kandi, benshi mu rubyiruko bahurira mu itsinda ry’urubyiruko rwiyemeje gukora icyo bita kuryoshya mu gihe rwahuye.

Icyo gihe basa n’abiyandarika ku buryo bagera n’aho buri umwe ushimye mugenzi we bahuye uwo munsi bajya gutera akabariro barangiza ibyabo bakagaruka bagasangira na bagenzi babo.

Aya matsinda, abayagize kenshi iyo bahuye barakesha, abari baraye bagakomerezaho, abarushye kubera isindwe bagataha hakaba haza abandi.

Aba yiganjemo imvugo ziganisha ku mibonano mpuzabitsina, amashusho n’amafoto bizamura ibizongamubiri biba bicicikana.

Ibiganiro bitangirwamo biba biganisha ku gutera akabariro, gusererezanya bya hato ariko nabyo biri muri uwo mujyo n’ibindi byinshi biganisha ku kwiha akabyizi; ni ibyo baba bibereyemo kuva rirashe kugeza rirenze.

Ntawe ucuruza afunze koko! Ugira ngo se ayo mashusho yose n’amafoto ni ayo bakura kuri internet gusa? Si ko bimeze kuko hari n’abiganjemo abakobwa baneneza abakiliya!

Ukabona azanye agafoto yerekana amabere cyangwa undi ukabona azanye amashusho ari kwerekana ko kuri cya gikorwa kinezeza abagabo yagwije cyangwa se ibyo kuba mukagatare bitamubarizwaho maze abasore bahuriye muri ‘group’ bamwe bagatangira gushikora!

Iyo atari ibyo biganiro usanga basangizanya amafoto abiteretse inzoga bari kubiratira abandi, babatumira bababwira ko bacikanwe maze ab’inkwakuzi bakitera utuzi bakabiyungaho.

Aya matsinda ugezemo wakwibaza aho u Rwanda rugana. Ubaye uri umubyeyi bwo umenya warira nk’uruhinja cyangwa se waba ufite ukwemera guhambaye ukaba wajya za kanyarira gusengera u Rwanda rw’ejo.

Ngira ngo ibi turabyemeranyaho. Buri tsinda rya WhatsApp nyine ha handi abakuze bakunda kwita ku ‘rubuga’ haba hafite amategeko n’amabwiriza ahagenga. Iyo utayakurikije ukurwamo igitaraganya kuko uba watannye ugata umurongo.

Muri aya matsinda yo icya mbere bisaba ni ukuba warakuyeho agahu! Itegeko rya mbere uhabwa ni uko utagomba kujyamo uri maneko cyangwa umeze nk’indorerezi ahubwo ugomba kujyana n’ibirimo.

Kujyamo wigize padiri cyangwa pasiteri ntibikunda kuko kenshi uba uhanzwe ijisho, ku buryo buri munsi bacishamo umweyo bareba abantu batavuga cyangwa abareba ibyandikwa bakicecekera kuko bafatwa nk’abagambanyi.

Amasaha make utavuga ufatwa nk’intasi ukihanangirizwa cyangwa ugacishwaho.

N’ubwo abakoresha Telegram mu Rwanda bataraba benshi, amatsinda nk’aya kuri uru rubuga ni ho yateye imbere cyane mu bindi bihugu nka Ghana na Nigeria ariko mu Rwanda ho abayabamo benshi bakoresha cyane WhatsApp.

Muri aya matsinda kenshi haba harimo abakobwa n’abasore bamwe badafite akazi n’abandi bagafite ariko ugasanga biganjemo abakora amasaha make andi bakayaharira ‘kuryoshya’.

Aba bashobora guhera ku wa Mbere w’icyumweru bakagera ku wundi wa Mbere banywa inzoga ubutaruhuka.

Amafoto n’amashusho arimo ay’abanywi b’inzoga atuma bamwe bashobora kuraruka nyuma yo kwiyunga kuri bagenzi babo batari bafitanye gahunda bagasangira ku buryo n’utari usanzwe anywa akarenza urugero bishobora kumubaho kubera kugendera mu gikundi.

Umunota ku wundi ibigare byo muri aya matsinda biba bisangizanya amashusho n’amafoto agaragaza ibihe barimo.

Uretse ibi, abantu bashobora kwiga ubusambanyi mu buryo batari bateguye kubera amashusho ashyushya umubiri aba acicikanamo, cyangwa se mu gihe bahuye akaba yakwisanga na we agomba kubikora kugira ngo ‘atitwa idage!”

Ibi byatuma wa muntu utarakora cya cyaha Imana yanga urunuka ashobora kuba nka Eva akaruma ku itunda, akaba yatangirira aho araruka.

Rubyiruko uyu munsi n’ubwo ibirangaza ari byinshi mukwiriye kumenya ko ari mwe maboko y’igihugu y’ejo hazaza bityo mukwiriye gukora mutikoresheje mukava mu birangaza nk’ibi.

Babyeyi namwe mukwiriye gushyira imbaraga mu kwigisha urubyiruko naho ubundi ahazaza h’igihugu hari mu kaga.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

Kanda hano urebe amashusho y’Umukobwa wasinze ari kubyina ari nako abagabo bamukorakora mu mabere

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *