Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko byashoboka ko Perezida Kagame yababarira Kayumba Nyamwasa?

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Me Alain Mukurarinda avuga ko byashoboka ko Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yababarira Kayumba Nyamwasa wabaye umwe mu basirikare bakomeye igihugu cyari gifite, ariko ubu akaba ari mu buhungiro, mu gihe yaba asabye imbabazi.

Mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media TV, Me Mukurarinda yabajijwe niba u Rwanda rushobora kubabarira Kayumba Nyamwasa mu gihe yaba asabye imbabazi, asubiza ko byashoboka ko Umukuru w’Igihugu yazimuha.

Yagize ati: “Byaterwa n’icyo itegeko riteganya. Niba urubanza rwarabaye itegeko, Perezida ashobora gutanga imbabazi”.

“Nta bo ajya aziha se? Ntabo ajya aziha se batanarangije ibihano? Amategeko afite uko abiteganya”.

Kayumba Nyamwasa wari ufite ipeti rya Lieutenant-General yakuye mu ngabo z’u Rwanda yakatiwe igifungo cy’imyaka 24 n’urukiko rukuru rw’igisirikare mu mwaka w’2011, anamburwa impeta zose yari afite.

Uru rukiko rwari rumaze kumuhamya ibyaha birimo kurema umutwe w’iterabwoba, kubangamira umutekano w’igihugu, kubiba amacakubiri no gutoroka igisirikare.

Kayumba Nyamwasa wabaye Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, akaba Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igisirikare rushinzwe ubutasi na Ambasaderi w’u Rwanda mu Buhinde, ari mu buhungiro yashinze ihuriro RNC, umutwe w’iterabwoba ugambirira guhungabanya umutekano w’igihugu.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *