Hahishuwe akayabo k’amafaranga Cristiano Ronaldo yahembwe nyuma yo gutsinda Norwich City ibitego bitatu

Nyuma yo gufasha Manchester United gutsinda Norwich City ibitego 3-2,Cristiano Ronaldo yemerewe agahimbazamusyi k’ibihumbi 850 by’amapawundi, ni ukuvuga miliyoni zirengaho gato 850 FRW.

Ibitego bitatu yinjije mu izamu rya Norwich City ku munota wa 7’, 32’ na 76’, byahesheje agahimbazamusyi ka miliyoni 850 FRW binaherekeza ingingo ziri mu masezerano afitanye n’ikipe ye.

Mu masezera Ronaldo afitanye na Manchester United harimo ko azajya ahabwa ibihumbi ijana by’amayero kuri buri gitego atsinze muri buri mukino.

Ronaldo kandi yemerewe ibihumbi 850 by’amapawundi mu gihe agejeje ibitego 20 mu marushanwa yose Manchester United yitabiriye nk’uko The Sun ibivuga.

Kugeza magingo aya, Ronaldo w’imyaka 37 amaze gutsinda ibitego 21 birimo 15 bya shampiyona na bitanu byo muri UEFA Champions League.

Ronaldo Kandi mu gihe azaba agejeje ibitego 30, azahabwa miliyoni ebyiri n’ibihumbi 750 by’amapawundi.

Mu buryo rusange, Manchester United yashyizeho agahimbazamusyi ka miliyoni y’amapawundi ku mukinnyi uzarusha abandi ibitego imbere mu ikipe. Ronaldo akurikiwe na Bruno Fernandez ufite ibitego 12.

Gutsinda ibitego bitatu mu mukino umwe (Hat-trick) byabaye agashya kuri Ronaldo kuko uteranyije ibitego byose yatsinze muri ubo buryo, bingana na 60 mu makipe yose yanyuzemo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *