Umukecuru utabona waraguye iby’icyorezo cya Covid-19, yahishuye ikintu gikomeye kigiye kuba kuri Perezida Putin.

Umukecuru utabona waraguye iby’icyorezo cya Covid-19, Baba Vanga, yahishuye ko Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya agiye kuyobora Isi mu bihe bya vuba.

Uyu mukecuru utabona witwa Baba Vanga yahanuye/yaraguye ibintu byinshi cyane kandi byose byagiye bibaho.

Muri ubu buhanuzi bwe kandi twavuga ko nka bimwe mubyo yatangaje birimo urupfu rwa Princess Diana, ibitero byo kuya 11/09/2001, icyorezo cya covid-19, ndetse n’intambara y’u Burusiya muri Ukraine.

Kuri ubu noneho, hasohotse ubuhanuzi bwe bushya buvuga ko Vladimir Putin agiye kuba umuyobozi w’isi yose.

Baba Vanga bakunze guha akabyiniriro ka Nostradamus yapfuye mu myaka 25 ishize mu mwaka wa 1996, yari afite imyaka 84 ariko ubuhanuzi bwe nanubu ntibuzibagirana.

Mu mwaka wa 1979 yatanze ikiganiro ndetse icyo gihe yemeza ko u Burusiya buzayobora isi.

Muri icyo kiganiro n’umunyamakuru witwa Valentin Sidorov yavuze ko ubuhagange bwa Putin nta muntu n’umwe uzabuhangara ndetse ko azayobora isi.

Yavuze ko ibintu byinshi bishobora kuzasenyuka ndetse abantu benshi bakomeye bagapfa ariko ko ibyo byose bizasiga Putin ahagaze neza ndetse ko ubwo buhangange bwe ari nabwo buzageza u Burusiya ku gasongero ko gutegeka isi yose.

Baba Vanga benshi ntabwo bigeze bamwemera mu myaka ya mbere ariko benshi baje kumanika amaboko ubwo ibitero byo kuya 11 Nzeli 2001 byabaga bikibasira America ndetse bigahitana inzu zari ndende cyane zizwi nka world trade centre, byose yari yarabivuze mu buhanuzi bwe.

Mu bindi yahanuye harimo icyorezo cya coronavirus, iturika rya Chernobyl muri Ukraine, iri ryaje no kuba mu 1986 ndetse n’urupfu rw’igikomangomakazi Diana narwo rwaje kuba mu 1997.

Avuga ko icyorezo cya coronavirus, Vanga yavuze ko ari icyorezo kizaza kigakwira isi yose ibi nabyo byaje kuba muri iyi myaka ibiri ishize kuva mu ntangiriro za 2020.

Uyu mukecuru yaje kwemeza abantu bwa nyuma na nyuma ubwo yavugaga ku mpanuka y’ubwato bwiswe Kursk, yavuze ko ubwo bwato mu minsi micye buzarengerwa n’amazi menshi cyane ndetse ko ababugize bose bazahasiga ubuzima, nyuma y’umwaka umwe gusa, byahise biba uko yabivuze byose.

Mu mwaka wa 1989 yaburiye Abanyamerika ko bagiye guhura n’akaga aho bazaterwa n’igitero cy’ibisiga by’ibyuma (steel bird) aha yavugaga indege, nyuma y’imyaka 11 abivuze indege zagonze ya miturirwa twavuze ya WTC.

Abakunzi be bemeje ko ibyo yavuze byose byabaye ku kigero cya 85% ariko kandi abashakashatsi mubya siyansi bo siko babibona gusa nabo bemeje ko ubuhanuzi bwa Baba Vanga byibuze bwasohoye ku kigero cya 68%.

Baba Vanga yavukiye muri Macedonia ndetse aza kuba impumyi ubwo yajugunywaga mu muyaga ukaze wa serwakira maze ivumbi rikamuhuma amaso burundu.

Benshi bemeza ko ubu buhanuzi bwe bwakuze akimara kwiyakira ko atazongera kureba kuko aribwo yahise atangira kurebesha umutima n’ibitekerezo.

Ese wowe wemera ubuhanuzi?

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *