Hamenyekanye ikigero cy’imyaka Umukobwa/Umugore ageramo agakunda gutera akabariro cyane

Abenshi bibwira ko abari mu kigero cy’imyaka ibarirwa hagati ya 20 na 30 ari bo baryoherwa cyane no gukora imibonano mpuzabitsina ariko ubushakashatsi bwakozwe na “Natural Cycles” bwagaragaje ibitandukanye.

Ubu bushakashatsi buvuga ko abagore batangira kuryoherwa neza n’icyo gikorwa iyo binjiye mu myaka 30 kuzamura.

Abagore bagera ku 2600 ni bo bakoreweho ubushakashatsi ku ngingo nyinshi ariko zifite aho zihuriye n’ubuzima bw’imyororokere by’umwihariko ibijyanye no gutera akabariro.

Hakozwe amatsinda atatu y’ababazwa aho irya mbere ryarimo abafite hagati y’imyaka 18 na 23, irindi rikabamo abafite hagati y’imyaka 24 na 35 n’aho itsinda rya gatatu rikagirwa n’abari bafite imyaka 36 kuzamura.

Mu bisubizo byatanzwe, muri rusange abagore barengeje imyaka 36 ni bo bagaragaje ku bwinshi ko bizihirwa cyane n’igikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina.

Abarengeje iyo myaka ngo baba bumva babikora bifitiye icyizere gihagije ndetse n’uburyo babikoramo buba bwarateye imbere kubera uburambe ndetse n’ubwumvane hagati yabo n’abo bashakanye akenshi ngo buba bumaze kugera ku gipimo cyo hejuru.

Abagore barengeje imyaka 36 bangana na 86%, bagaragaje ko baryohewe cyane n’iki gikorwa cy’ishimishamubiri mu byumweru bine byabanjirije ubu bushakashatsi mu gihe 76 % by’abafite hagati y’imyaka 25 na 35 ari bo bagaragaje kuryoherwa n’icyo gikorwa.

Abagore bafite imyaka 23 gusubiza hasi bangana na 56 % nibo bagaragaje ko baryohewe n’icyo gikorwa mu gihe nk’icyo.

Impamvu yatanzwe itera aba bagore bakuze kwizihirwa no kuryoherwa cyane no gukora imibonano mpuzabitsina, ni uko akenshi baba bamaze gusobanukirwa neza imibiri yabo no kugira ubunararibonye batari bafite mu gihe bari bakiri mu myaka 20.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *