Hamenyekanye Impamvu Ibihugu byinshi bya Afurika bikomeje gushyigikira u Burusiya mu ntambara bwashoje kuri Ukraine?

Ibihugu byinshi bya Afurika byarifashe mu Kanama ka Loni ubwo hatangazwaga aho bihagaze ku ntambara u Burusiya bwagabye kuri Ukraine.

Ni ibintu bisa n’ibyatunguranye kuri bamwe ariko hari impamvu zibyihishe inyuma zaba iza vuba cyangwa mu mateka.

Umusesenguzi Aanu Adeoye wo mu Muryango Mo Ibrahim Foundation i Londres, yabwiye RFI ko ‘Abanyafurika babona intambara y’u Burusiya na Ukraine nk’aho ku ruhande rumwe u Burusiya buhanganye na Ukraine, urundi bukaba buhanganye n’abo mu Burengerazuba bw’Isi’.

Ati “Mwakwibuka ko Afurika y’Epfo no mu 2014 yanifashe ubwo u Burusiya bwiyomekagaho agace ka Crimea”.

Akomeza avuga ko Afurika y’Epfo kandi ishyigikira u Burusiya kubera umuryango bihuriyemo wa BRICS (Brazil, Russia, India, China, South Africa). Hari kandi n’umubano uturuka mu mateka ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo na Leta zunze Ubumwe z’Abasoviyete.

Ishyaka riyoboye Tanzania, CCM; iriyoboye Angola, MPLA; irya Namibia, SWAPO n’iriyoboye Zimbabwe, ZANU-PF, yose ashingiye ku mahame ya gisosiyalisiti na gikomunisiti, kandi aya mashyaka yose yahawe ubufasha n’Abasoviyete.

Urugero nka Angola yakoresheje intwaro z’Abarusiya mu kurwanira ubwigenge kuri Portugal mu 1975, ndetse n’ibendera ryayo ryariho imbunda ya AK-47 y’Abarusiya.

Ishyaka riyoboye Afurika y’Epfo (ANC) ryahawe ubufasha na Leta zunze Ubumwe z’Abasoviyete mu kurwanya irondabwoko (Apartheid).

Uganda ni ikindi gihugu cyibajijweho na benshi ku mwanzuro wacyo wo kwifata.

Mu mpera za 2019 mu nama yahuje Afurika n’u Burusiya i Sochi, bamwe mu bayobozi ba Afurika bagaragaje inyota yo gukorana ubucuruzi bw’intwaro nabwo. Perezida Museveni akaba yarateye intambwe.

Adeoye ati: “Uganda yavuze ko u Burusiya bugomba guha inguzanyo nyinshi ibihugu bya Afurika kugira ngo bibashe kugura intwaro mu nganda zabwo”.

“Ibyo u Burusiya burimo kwigisha ibihugu bya Afurika ni ubusugire. Ntabwo tuzivanga muri gahunda zanyu, ntabwo tuzaza kubatoza kubahiriza uburenganzira bwa muntu na demokarasi”.

“Barashaka gukorana ubucuruzi na guverinoma”.

Gusa ariko ibihano u Burusiya bukomeje gufatirwa na Amerika n’u Burayi, bishobora kugira ingaruka ku banyafurika.

Adeoye ati: ”Ntabwo ari ibiciro bya peteroli bizazamuka gusa ahubwo n’iby’ingano bizatumbagira. Ingano zikoreshwa mu biribwa byinshi kandi abanyafurika batunzwe n’izituruka mu Burusiya na Ukraine”.

Uyu musesenguzi anongeraho kandi ko u Burusiya bufite ukuboko muri Afurika cyane cyane mu bijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro n’umutekano.

IGIHE

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *