Ibihugu 10 byo muri NATO biri guca inyuma ibindi bikagendana na gahunda ya Perezida Putin mu ibanga rikomeye

Mu gihe abayobozi benshi b’i Burayi batangaje ku mugaragaro ko batazagura gaz y’u Burusiya mu mafaranga akoreshwa mu Burusiya (Rubles) nk’uko Perezida Vladimir Putin yabisabye, ibihugu 10 byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi biri guca inyuma bikagendana na gahunda ya Putin mu ibanga.

Ni ibyatangajwe n’umuyobozi muri Hongria, Gergely Gulyas, aho yabitangarije radiyo ya leta kuri iki Cyumweru.

Kuri Gulyas, abayobozi b’ibi bihugu ntibabyemera kugira ngo babonwe ko ari “Abanyaburayi beza”.

Gulyas ukora nk’umuyobozi w’abakozi ba minisitiri w’intebe, yavuze ko Hongria yafunguye konti y’amayero na Gazprombank yo mu Burusiya, igomba kuyahindura mu mafaranga y’ama Rubles mbere yo kuyohereza ku batanga ibicuruzwa mu Burusiya.

Ubu buryo butuma abaguzi b’i Burayi bubahiriza icyifuzo cya Putin, cyo mu mpera za Werurwe, ko ibihugu “bitari inshuti” bigomba kujya byishyura gaz y’u Burusiya bikoresheje ifaranga ryabwo aho kuba mu madolari cyangwa Amayero nk’uko byari bisanzwe.

Ati: “Hariho ibindi bihugu icyenda bikoresha iyi gahunda yo kwishyura, ariko kubera ko muri iki gihe igitekerezo cyo kuba Umunyaburayi mwiza bisobanura kandi ko abayobozi b’ibyo bihugu batavugisha ukuri iyo bavuga haba mu ruhando mpuzamahanga cyangwa ku baturage babo, ibindi bihugu icyenda ntibyavuga ko biri gukora ibyo bintu”.

Yongeyeho ati: “Nta muntu n’umwe ukwiye gushidikanya ko ibihugu bitumiza ibikoresho by’ibanze mu Burusiya bikoresha uburyo bumwe bwo kwishyura gaz y’u Burusiya”.

Ibihugu by’u Burayi Guylas yavugaga ntabwo byamenyekanye nk’uko iyi nkuru dukesha Russian Today ivuga.

Ikigo cy’u Brusiya gishinzwe ingufu, Gazprom, cyamaze gukupira gaz Pologne na Bulgaria nyuma y’uko byombi byanze kwishyura bikoresheje ama Rubles.

Raporo ya Bloomberg mu cyumweru gishize ariko yavuze ko, nk’uko Gulyas yabitangaje, ibihugu 10 bigize uyu muryango bimaze gufungura konti muri Gazprombank, kandi ko bine mu by’ukuri byishyuye gaz y’u Burusiya bikoresheje ubu buryo.

Hongria yishingikiriza ku Burusiya ku bicuruzwa byose bya gaz itumiza mu mahanga, bityo ikaba idashyigikiye ibihano by’u Burayi kuri iki gicuruzwa cy’ingenzi.

Agaruka ku kuntu ii byazamuye ibiciro mu buryo bukbije bya gaz, yagize ati: “Ntidukwiye gufata ibihano uanga ari twe ba mbere bigiraho ingaruka kuba ku bo dushaka guhana”.

Mu gihe guverinoma i Budapest yamaganye ibikorwa bya gisirikare by’u Burusiya muri Ukraine, Guylas yavuze ko “tuzakomeza kugura ingufu zacu ku giciro gito gishoboka” kugira ngo batikoreza mutwaro w’ibiciro bihanitse abaturage ba Hongria.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *