Ifoto ya Gen Mubarak Muganga mu isengesho ry’Umunsi wa Eid al-Fitr yaciye ibintu

Umunsi Mukuru wa Eid al-Fitr ni umwe mu yubahwa cyane n’Abayisilamu b’ingeri zose, guhera ku muto kugera ku mukuru kuko usoza igisibo cy’ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan.

Wizihijwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Gicurasi 2022.

Isengesho ry’uyu munsi ryabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo nk’ibisanzwe, ahari hateraniye Abayisilamu ibihumbi.

Muri abo harimo Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Lieutenant General Mubarakh Muganga.

Mu bandi ni nka Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare (FERWACY), Murenzi Abdallah.

Mu yandi makuru avugwa kuri uyu munsi nuko Umuhanzikazi Uwase Ingabire Deborah uzwi nka Marina nyuma y’igihe kinini adataramira abakunzi be, agiye kongera kubataramira ku munsi mukuru wa Eid al-Fitr.

Marina agiye gutaramira abakunzi be nyuma y’igihe kinini yari amaze atagaragara ku rubyiniro.

Uyu muhanzikazi yaherukaga mu bitaramo bya Iwacu Muzika byaberaga kuri Televiziyo y’u Rwanda kubera icyorezo cya COVID-19. Icyo gihe byari muri Nzeri umwaka ushize.

Iki gitaramo agiye kugaragaramo intego yacyo ni ukwifatanya n’abakunzi b’uyu muhanzikazi bo muri Islam, ku munsi bazaba basoza igifungo gitagatifu cya Ramadhan.

Marina afatanya na Ifeza Band hamwe na Dj Niyem na Dj Regy Banks.

Iki gitaramo cya Marina kizabera Gift Restaurant&Bar muri KCT. Aha hasanzwe habera ibitaramo bitandukanye mu minsi isanzwe aho abakunda umuziki wa Karaoke baba bashyizwe igorora.

Haherukaga kubera igitaramo cya Social Mula mu minsi yashize. Kwinjira muri iki gitaramo bizaba ari ubuntu.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

Gen Mubarak Muganga akurikiye inyigisho zatangwaga na Mufti w’u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Lieutenant General Mubarakh Muganga, ashimira Imana yamushoboje kurangiza igisibo gitagatifu
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare (FERWACY), Murenzi Abdallah

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *