Israel yarakajwe bikomeye n’amagambo y’u Burusiya bwavuze kuri Adolf Hitler

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Naftali Bennett, yamaganye amagambo ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, wavuze ko Adolf Hitler yari afite amaraso y’Abayahudi.

Bennett yavuze ko amagambo ya Lavrov ari ikintu giteye isoni kidakwiye kubabarirwa, asaba ko ambasaderi w’u Burusiya muri Israel ajya gutanga ibisobanuro kandi agasaba n’imbabazi.

Lavrov yabivuze asobanura impamvu u Burusiya buvuga ko Ukraine ari iy’aba-Nazi nubwo Perezida wayo ari Umuyahudi.

Ati: “Kuba ibintu ari uko bimeze ntibikuraho kuba hari aba-Nazi muri Ukraine. Nibaza ko na Hitler nawe yari afise amaraso y’Abayahudi”.

Yakomeje avuga ko bamwe mu babanje kwanga Abayahudi ari Abayahudi ubwabo.

U Budage bw’aba-Nazi bwishe miliyoni esheshatu z’Abayahudi muri Jenoside bakorewe mu ntambara ya kabiri y’Isi.

Amagambo ya Lavrov yamaganwe na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Naftali Bennett wavuze ko ’ububeshyi nk’ubu bugamije gushyira ku bayahudi amahano ya mbere akomeye yabaye mu mateka y’Isi no gushaka ko ababikoze batabiryozwa.

Mu yandi makuru agezweho ku ntambara ya Ukraine n’u Burusiya, mu Cyumweru gishize, u Burusiya bwahagaritse kohereza gaz mu bihugu birimo Pologne na Bulgaria, ndetse burateganya gukora nk’ibyo ku bindi bihugu bishyigikiye Ukraine.

Imyanzuro ya Putin yafashwe nko kuburira ibihugu byo mu Burayi byari bisanzwe birambiriza kuri gaz ituruka mu Burusiya cyo kimwe na lisansi.

Niba bishaka gukomeza kugerwaho n’ibyo bicuruzwa, birasaba kwishyura mu ma-rubles.

Nyuma y’umunsi umwe u Burusiya bufashe uwo mwanzuro, ibigo bigenzura ibijyanye n’ingufu mu Budage, Uniper na Eni SpA yo mu Butaliyani, bivugwa ko byafunguye konti muri banki yo mu Burusiya yitwa Gazprombank kugira ngo bibone uko bigura gaz yo mu Burusiya.

U Burusiya bwinjiza nibura miliyoni 850 $ ku munsi mu bucuruzi bwa gaz n’ibikomoka kuri peteroli ku munsi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *