Igitabo kivuga ku buryo Umugore wa Perezida George Weah wa Liberia atera akabariro cyaciye igikuba

Isaac Vah Tukpah umwe mu banditse igitabo ku buzima bwa Perezida George Weah yafatiwe ku mupaka ashaka kuva mu gihugu nyuma y’iminsi hari ukutavuga rumwe ku gitabo cye.

Hari bimwe mu bice bigize igitabo ‘George Weah The Dream, The Legend, The Rise to Power: The Journey of an Enigmatic Leader’ kivuga ku buzima bwa Perezida Weah, bimaze iminsi byamaganwa, aho bivugwa ko bitesha agaciro abagore.

BBC yatangaje ko imiryango itandukanye irengera abagore imaze iminsi inenga igice umwanditsi yashyize mu gitabo, aho Perezida Weah avuga ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina ku mugore we.

Bivugwa ko mu gitabo, Perezida Weah avuga ko mu byatumye ahitamo Clar Marie Weah nk’umugore harimo n’uburyo azi kwitwara neza mu gitanda.

Nubwo byateje ururondogoro muri Liberie, ntacyo Clar Marie Weah arabivugaho.

Bijya gushyuha byatangijwe n’umwe mu banyamakuru baba muri Amerika ariko bavuka muri Liberie, ubwo yashyiraga kuri Internet bimwe mu bigize icyo gitabo.

Bimaze kumenyekana, Isaac Vah Tukpah yirukanywe mu kazi ke nk’umwe mu bakoranaga bya hafi n’utavuga rumwe na Leta ndetse yasabye imbabazi zo gushyira umugore wa Perezida mu gitabo cye.

Guverinoma ya Liberie yatangaje ko kubuza Isaac Vah Tukpah kuva mu gihugu ntaho bihuriye n’igitabo yanditse.

Minisiteri y’itumanaho yatangaje ko uwo mugabo yabujijwe kuva mu gihugu kubera umutekano we kuko imipaka ifunze kandi nta mpapuro z’nzira yari afite.

Perezida Weah na we yatangaje ko Tukpah nta muntu uri kumuhiga kandi ko afite uburenganzira bwo kuba aho ashaka.

Imiryango irengera abagore yatangaje ko iri kwitegura gukora imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana icyo gitabo.

Icyakora hari abandi baturage bavuga ko hakenewe ukuri kuri icyo gitabo, Perezida Weah akabanza kuvuga niba ibyanditswemo ari ukuri cyangwa ari ibinyoma.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *