Ingabire Claire, wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge uvugwaho kwita abasezerana ‘ibigoryi by’ibicucu’ yeguye

Ingabire Claire wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza yeguye kuri iyi nshingano ku bushake nyuma y’aho avuzweho kwita abasezerana ibicucu, abahora ubukererwe. 

Amakuru aherutswe gutangazwa avuga ko ubwo Kwahamisi Donath n’umugore we Irakiza Marie Josée bari bageze ku mwanya wo gusezerana, uyu muyobozi yabahamagaye ati “Bya bigoryi by’ibicucu byanyirije hano ni bya nde?” 

Umuryango ngo “yatutse atya” wagiye kumurega mu rwego rw’ubugenzacyaha (RIB), umushinja kuwutukira mu ruhame; icyaha gihanwa n’amategeko y’u Rwanda. Ubuyobozi bw’akarere na bwo bwahise bumuhagarika by’agateganyo. 

RIB na yo yatangiye iperereza kuri iyi mvugo Ingabire ashinjwa, ndetse yanemeje ko yamutumije kugira ngo agire ibyo asubiza. 

Amakuru ducyesha ikinyamakuru BWIZA akomeza avuga ko Gitifu Ingabire yamaze kwandikira ubuyobozi bw’akarere ibaruwa y’ubwegure bwe ku bushake, ndetse yamaze kwandikira abo bakoranaga abasezera, anabashimira uburyo babanye. 

Ubu butumwa bugira buti: “Mwiriwe neza, nagira ngo mbashimire ko twakoranye mu gihe maze mu nshingano zo kuyobora umurenge, nkaba mboneyeho kubasezeraho kuko ntakiri muri izi nshingano! Mwarakoze kumbanira neza, Uwiteka azabibahembere.” 

Ingabire yamaze gusimburwa kuri uyu mwanya na Niwemwana Immaculée wari usanzwe ayobora umurenge wa Busoro, muri Nyanza. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *