Inzego zishinzwe umutekano zaguye gitumo abakoreshaga imiti igabanya ubukana bwa SIDA mu gukora inzoga

Mu mujyi wa Isiolo muri Kenya hatahuwe liqueur zikoreshwamo imiti igabanya ubukana bw’agakoko gatera SIDA izwi nka Antiretroviral (ARV), ikaba yagemurwaga n’umugore ufite ubu burwayi wari warahagaritse kuyinywa.

Uyu mugore uherutse kwitaba Imana, bivugwa ko yajyaga ayigemura buri gitondo ku bantu bakora izi ‘liqueur’ nabo bakamuha izo kunywa ku buntu, ikindi gihe bakamuha amafaranga bitewe n’ingano y’izo yazanye.

Umwe mu baturage baganiriye na The Nation yavuze ko iyi miti uyu mugore yajyaga ayigemura ku bacuruzi benshi bakora liqueur, ndetse rimwe na rimwe akabaha iyarangije igihe abifashijwemo n’abaganga bakoranaga rwihishwa.

Yagize ati: “Yari amaze imyaka myinshi abana n’iyi ndwara, gusa hari igihe cyageze areka kunywa imiti ariko agakomeza kujya kuyifata kwa muganga ariko akayitanga ku bakora inzoga ubundi bakamuha liqueur zo kunywa”.

Iperereza ryakozwe n’inzego z’umutekano zo mu mujyi wa Isiolo ryagaragaje ko uyu mugore yajyaga anakusanya imiti y’abandi barwayi ba SIDA bahagaritse kuyinywa ubundi akayigemura ku bakora inzoga kuko ituma zishya vuba.

Iperereza kandi ryagaragaje abandi bakora inzoga z’inkorano bakoresheje imiti igabanya ububare, iy’umuvuduko w’amaraso ndetse n’ikinyabutabire cyitwa formalin gikoreshwa mu nganda mu kwica udukoko.

Izi nzoga zikorwa muri ubu buryo ngo ziboneka ku bwinshi muri iki gihugu ndetse zigahenduka ariko zikagira ingaruka ku buzima bw’abazinyweye kuko hari abo zitera ubumuga bwo kutabona, kubura ubushake bwo gutera akabariro ndetse no kwibagirwa cyane.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *