Kayonza: Nyuma yo kubura ibisobanuro aha umukoresha we, umukobwa yiyahuye ararusimbuka.

Abaturage babiri bo mu Mirenge ya Ndego na Kabare mu Karere Kayonza, bagerageje kwiyahura banyweye imiti bogesha inka n’undi wica udukoko dukunze kurya imyaka, ubuyobozi bubatabara batarapfa.

Aba baturage bagerageje kwiyahura ku Cyumweru, tariki ya 30 Mutarama 2022. Uwa mbere wabigerageje ni umugore w’imyaka 28 usanzwe afite abana babiri utuye mu Mudugudu wa Murambi mu Kagari ka Karambi mu Murenge wa Ndego.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ndego, Bizimana Claude, yabwiye IGIHE ko icyatumye uyu mugore agerageza kwiyahura batarakimenya gusa avuga ko bikekwa ari uko umugabo ashobora kuba yaramutaye akaba asigaye abana na nyirakuru.

Ati: “Uwo mugore twayobewe impamvu yari agiye kwiyahura, aho aba aba kwa nyirakuru, umugabo we yaramutaye. Twashatse amakuru y’icyamuteye kwiyahura ariko ntikiramenyekana. Twagerageje kumuvugisha ntibyakunda kuko yari akiri muri koma ku bitaro, ikindi atwite inda iri hagati y’amezi atatu n’ane”.

Undi wagerageje kwiyahura ni umukobwa w’imyaka 29 wakoraga mu kabari gaherereye mu Mudugudu wa Kabeza mu Kagari ka Cyarubare mu Murenge wa Kabare, uyu mukobwa ngo yikingiranye mu cyumba anywa umuti wa tiyoda.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabare, Karuranga Léo, yabwiye IGIHE ko icyateye uyu mukobwa gushaka kwiyahura ari igihombo yagize mu kazi ke abura ibisobanuro aha umukoresha we.

Yagize ati: “Bari baraye bacuruje noneho umukoresha we abura amafaranga bacuruje amubwira nabi noneho bigeze nka saa Tanu uwo mukobwa yifungirana mu nzu, kuko rero yari yagiye kugura umuti wa tiyoda ni wo yanyweye. Umukoresha we yaciyeho yumva umuti urahanuka cyane amukomangiye ntiyamufungurira baje kwica urugi bamujyana kwa muganga atarapfa aravurwa”.

Gitifu Karuranga yavuze ku Bitaro bya Rwinkwavu bamuvuye kuri ubu ameze neza bakaba bagiye kumuganiriza kugira ngo bamenye icyamuteye gushaka kwiyahura, anagirwe inama.

Aba bayobozi bose bavuga ko kimwe mu bitera abaturage kwiyahura harimo kutumvikana hagati y’abashakanye, amakimbirane yo mu miryango arimo ayaturuka ku masambu n’ibindi bibazo bitandukanye.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *