Kylian Mbappe yamaze kumvikana n’ikipe y’ikigugu azerekezamo mu mpera z’uyu mwaka w’imikino

Nyuma y’igihe kitari igito ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne imaze ishaka umukinnyi Kylian Mbappe, yamaze kumvikana n’uyu musore wemeye kuyizamo mu mpera z’iyi mpeshyi akazaza amasezerano ye arangiye muri PSG.

Mu mpeshyi ishize Real Madrid yari yemeye gutanga £154m, ariko birangira uyu mukinnyi PSG nayo yagaragazaga ko ikimukenye imugumanye, perezida wa Real Madrid Florentin Perez yakomeje gutsimbarara kuri uyu mukinnyi biteganyijwe ko agomba kujya Santiago Bernabeu nk’umukinnyi w’igurisha kuko amasezerano ye muri PSG azaba arangiye akazajya ahembwa £41.5m nkuko bivugwa.

PSG igomba gukina na Real Madrid muri kimwe cy’umunani mu mikino ya UEFA Champions League, mu kwezi kwa Kanama, umwe mu bayobozi bayo Leonardo yashinje imyitwarire idahwitse Real Madrid mu gushaka uyu mukinnyi , gusa uyu muknnyi ku giti cye nawe akagaragaza inyota yo gukinira Real Madrid..

Leonardo ati: ’’Mu myaka ibiri ishize Real Madrid yahoze yitwara gutya, ntabwo aribyo, ntabwo byemewe, nubwo bavugishije umukinnyi ntabwo ari byo kwemerwa kuri twe , ni ikimenyetso uburyo ubusabe bwaje mbere y’umwaka umwe ngo amasezerano ye arangire hamwe n’iminsi irindwi mbere yuko igura n’igurishwa rihagarara”.

“Bashakaga ko twanga ubusabe, kugirango byereke Kylian ko bagerageje buri kimwe, hanyuma babone kumureshya umwaka utaha’’.

Mbappe ubu afatwa nk’umwe mu bakinnyi bakomeye b’umupira w’amaguru ku Isi, akaba anafite igikombe cy’Isi yatwaranye n’ikipey’igihugu y’Ubufaransa mu mwaka wa 2018, yaje muri PSG avuye muri Monaco nk’inizanyo, nyuma PSG iza kumugura £166m.

Nibura muri PSG mu mikino 199 amaze kuyikinira yabashije gutsinda ibitego151, anabasha gutanga imipira yavuyemo ibitego 77.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *