Nyanza: Abavandimwe babyaranye abana batatu nyuma yo gushakana batazi ko bavukana

Abavandimwe bahuje bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza; Mukandamage Domitille na Nsabimana Zachariah babyaranye abana batatu batazi ko bahuje ababyeyi bombi.

Mu kiganiro Mukandamage yagiranye na Afrimax TV ducyesha iyi nkuru, yavuze ko yakuze iwabo bamubwira ko yari afite musaza we witwa Nsabimana, wapfuye.

Ati: “Nabyirukiye iwacu bambwira ngo hari musaza wanjye witwa Nsabimana wagiye, ngo ariko bemeza ko yapfuye, yagiye kera”.

“Ubwo nanjye nahakuriye ntamuzi, hari na musaza wanjye unkurikira na we utamuzi. Ubwo twakuze tuzi ko yapfuye, n’ababyeyi bacu bapfuye, bazi ko yapfuye kera”.

Mukandamage wavutse mu 1978, agapfusha nyina mu 1979 na se nyuma yaho gato, avuga ko yahuriye na Nsabimana i Kigali, we akora akazi ko mu rugo, umugabo akora akazi gasanzwe.

Ngo icyo gihe ni bwo bakundanye, birangira bashakanye nk’umugore n’umugabo ndetse barabyarana.

Bajya kumenya ko bavukana, Mukandamage yavuze ko hari umugabo w’iwabo wakoraga kuri Minisiteri ku Kacyiru bahuye, amubwira ko azajya kumusura.

Ngo uwo mugabo kandi yanahuye na Nsabimana, amubwira ko afite umugore, na we amusezeranya kumusura.

Ati: “Akihagera, atungurwa n’uko ari njye ahasanze kandi azi ko ndi mushiki we. Ubwo nyine kubyakira biratunanira, ahamagara abandi, biraducanga, baranatwigisha, abyikuramo ati ‘ntacyo bitwaye, ntacyo bizadutwara, ikibi ni ugusuzugurana’”.

Ariko nyuma y’aho ngo urugo rwabo ntirwongeye kubonekamo amahoro, kuko bombi bageze aho batiyumvanamo nk’umugore n’umugabo, Mukandamage ni bwo avuga ko yafashe icyemezo cyo kwimukana n’abana be, basiga umugabo.

Mukandamage na Nsabimana bafitanye abana babiri b’abakobwa n’umuhungu umwe, bavutse mu mwaka w’2002, uw’2005 n’uw’2008; bose bafite ubumuga butandukanye.

Kugeza ubu umugore aba wenyine n’aba bana, akavuga ko amaze imyaka itanu atazi aho Nsabimana aherereye. Bigaragara ko baba mu buzima bugoye, mu nzu ishaje ihomeshejwe igitaka.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *