Kayonza: Umusore yaguwe gitumo yararanye umwana w’imyaka 15, asohokana umuhoro ashaka gutema abari baje kumufata

Umusore w’imyaka 20 y’amavuko wo mu Karere ka Kayonza yafatanywe umwana w’umukobwa w’imyaka 15 bararanye, asohokana umuhoro ashaka gutema abari baje kumufata ahita yiruka arabasiga.

Ibi byamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Mata 2022 aho byabereye mu Mudugudu wa Seresi mu Kagari ka Rusave mu Murenge wa Murama.

Abaturage bavuga ko uyu musore yararanye n’umwana w’umukobwa ufite imyaka 15 wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye aho ngo inshuro nyinshi amurarana bugacya ajya kwiga.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murama, Mutuyimana Pauline, yabwiye IGIHE ducyesha aya makuru ko amakuru bahawe n’abaturanyi b’uyu musore ngo ni uko mu nzu hari harayemo umukobwa ukiri muto kandi ngo si ubwa mbere yari aharaye ahubwo ngo yari yaramugize nk’umugore we.

Ati: “Batubwiye ko uwo mwana w’imyaka 15 yaje kuharara ari mu nzu ye, twoherezayo irondo ngo rijye kuba rihacunze, yaje kubimenya rero asohokana umuhoro arabirukankana birangira abacitse”.

Gitifu Mutuyimana yakomeje avuga ko kuri ubu inzego zose zahagurukiye kumushakisha ngo kuko batakwihanganira umuntu usambanya umwana.

Ati: “Abasambanya abana bamenye ko ari icyaha kandi gihanwa mu buryo bukomeye, kuko gushyira abana mu busambanyi bituma byica intumbero zabo”.

Kuri ubu ababyeyi b’uyu mukobwa ngo basabwe kujya gutanga ikirego kuri Sitasiyo ya RIB kugira ngo uyu musore akomeze akurikiranwe.

Intara y’Iburasirazuba ikunze kuza ku isonga mu kugira abana benshi basambanywa, abenshi mu babasambanya bakunze gutoroka abandi bakihererana imiryango y’abana baba basambanyije bakiyunga nubwo biba bitemewe.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *